Amakuru
Inyigo ziheruka gukorwa n’Ikigo cy’Igihugu cyo Kubunngabunga Ibidukikije (REMA), zagaragaje ko mu Rwanda habarurwa firigo 97,512. Muri zo 64,505 zirashaje cyane ku buryo zikoresha...
Hi, what are you looking for?
Inyigo ziheruka gukorwa n’Ikigo cy’Igihugu cyo Kubunngabunga Ibidukikije (REMA), zagaragaje ko mu Rwanda habarurwa firigo 97,512. Muri zo 64,505 zirashaje cyane ku buryo zikoresha...
Abaturage bo mu karere ka Nyagatare bavuga ko gutera ibiti by’imigano ku nkengero z’umuvumba bizatuma uwo mugezi utongera kubatwarira ubutaka ndetse n’imyaka babaga barahinze...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere_Meteo Rwanda cyatangaje ko iteganyagihe ry’aya mezi (hagati ya Nzeri na Ukuboza, 2020) ryerekana imvura iri munsi y’isanzwe iboneka mu...
Ikigo k’igihugu gishinzwe kwita ku bidukikije (REMA) cyakoresheje amarushanwa y’umupira w’amaguru mu turere dukora ku ishyamba rya Mukura na Gishwati, hagamijwe gukangurira urubyiruko kugira...
Gufata amazi yo ku nyubako, gukoma bimwe mu bishanga, kurwanya isuri no kongera gutunganya amazi yakoreshejwe ni ibikorwa byashyizwemo ingufu mu kubungabunga amazi. Ibi...
Mw’Iteganyagihe ryatangajwe n’Ikigo gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo Rwanda) ku wa 19 Gashyantare 2019, herekanwe ko imvura y’Itumba iteganyijwe kuzaba nyinshi mu Mujyi wa Kigali,...
Mu rwego rwo kurengera ibidukikije cyane cyane kurwanya ikoreshwa ry’amashashi ya Pulasitiki yangiza ibidukikije, ku itariki ya 6 n’iya 7 Nyakanga 2018, Polisi ikorera...
Akarere ka Bugesera ni kamwe mu turere tugize Intara y’Iburasirazuba twashoboye guhangana n’amapfa yazahaje iyo ntara. Babigezeho bashoboye gutera ibiti ku butaka bateganije besa...
Kigali, 15 November 2016- University of Lay Adventists of Kigali (UNILAK) has launched a joint Environmental and Natural resource research center, the first of...
Abanyeshuri bo muri IPRC EAST, baravuga ko urugendoshuri bakoreye muri Gashora Girls Academy rubasigiye byinshi birimo kutitinya. Aba banyeshuri bibumbiye muri Club Amie de...
Mu mateka yo kubungabunga ikirere hirindwa ibyagihungabanya, hari hakunzwe kuvugwa amasezerano ya Pretoria, amasezerano ya Montréal, ariko guhera ku myanzuro y’inama ya 28 y’ibihugu...
Ubugenzuzi buherutse gukorerwa mu Karere ka Rutsiro bwatumye ikigo gicukura amabuye y’agaciro cya Twabugezi gihagarika imirimo yacyo kubera kubangamira ibidukikije, kwangiza imigezi ndetse no...
Ihuririro nyarwanda ry’imiryango itegamiye kuri Leta mu kubungabunga ibidukikije RENGOF, irasaba inzego z’ibanze gukuraho ibihano bihabwa abaturage bangije umutungo kamere w’amazi, hagashyirwa imbaraga mu...