Ibikorwaremezo
Abaturage bo mu kagari ka Rugando, Umurenge wa Kimihurura, Akarere ka Gasabo, bishatsenmo ubushobozi batangiye kwiyubakira imihanda ya kaburimbo izatwara amafaranga y’u Rwanda asaga...
Hi, what are you looking for?
Abaturage bo mu kagari ka Rugando, Umurenge wa Kimihurura, Akarere ka Gasabo, bishatsenmo ubushobozi batangiye kwiyubakira imihanda ya kaburimbo izatwara amafaranga y’u Rwanda asaga...
Abahinzi b’ikawa ba Koperative Abahuzamugambi y’i Maraba bageze kure bifashisha ikoranabuhanga rya telefone mu buhinzi bw’ikawa. Izi telefone bazikoresha mu gutumiza imiti igihe ikawa...
Guverinoma y’u Rwanda na Kompanyi y’indege “Qatar Airways” ku wa 9 Ukuboza bagiranye amasezerano y’uufatanye mu ishoramari mu kibuga mpuzamahanga k’indege cya Bugesera. Ayo...
Mu karere ka Ngoma, Umurenge wa Murama, hatangirijwe gahunda ya Leta y’ubwishingizi bw’amatungo n’ibihingwa izafasha abahinzi n’aborozi kwirinda ibibazo bajyaga bahura nabyo bakabura imyaka yabo cyangwa...
Inkuru ya Niringiyimana ukomoka mu Mudugudu wa Gisovu, Akagari ka Nkoto, Umurenge wa Murambi mu Karere ka Karongi, yatangajwe bwa mbere mu itangazamakuru ikwizwa...
Ku wa 13 Ugushyingo 2019, i Kigali, hatangajwe ku mugaragaro ko Ikigo cy’ubwishingizi, SORAS, kitakiriho ahubwo cyahindutse SANLAM Rwanda, Ikigo mpuzamahanga gisanzwe ari inzobere...
Ikimpoteri ni ahantu harundwa imyanda ituruka mu ngo, amahoteri n’amaresitora, amaduka, inganda, amavuriro n’ahandi… Ikimpoteri gushyirwa ahantu hitaruye cyane abaturage. Ubusanzwe ikimpoteri gitunganye cyangombye...
On Monday 11th November 2019, Huawei officially flags off the eight students to travel to China for two weeks technological training, through the 2019...
Growing numbers of Rwandans are taking control of their credit health through an innovative mobile credit reporting platform, Menyesha, which allows them to check...
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Mukeshimana Geraldine, ku munsi wo kwizihiza ku nshuro ya 44 isabukuru yo gutera amashyamba ku wa 9 Ugushyingo 2019, yifatanyije...
Ikigo cy’Ubushakashatsi n’Iterambere ry’Inganda, NIRDA, cyatangije amarushanwa ku batunganya ibikomoka ku biti arimo miliyoni magana atatu z’amafaranga y’u Rwanda (300,000,000Frw), bashaka ubufasha bwo kugura...
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) itangaza ko imibare yavuye mu ibarura ryakozwe mu mpera z’umwaka wa 2018, igaragaza ko ingo 81.3 ku ijana mu banyarwnda...
Imiryango yabaye indashyikirwa ku kwita kw’isuku no kurwanya imirire mibi yo mu mirenge ya Nyarugenge na Shyara yo mu karere ka Bugesera, yahawe inkunga...
Sosiyete izobereye mu bwubatsi bw’amazu agezweho yitwa Workers Affordable Properties (WAP) yatangije umushinga mugari wo kubaka inzu zigezweho kandi zihendutse ku buryo buri muntu...
Mu kwizihiza iminsi ijana itorera ry’Abadivantisiti b’Umunsi waw a Karindwi rimaze rigeze mu Rwanda, Abizera baryo bakoze umuganda rusange ngarukakwezi mu kagari ka Rugando,...