Amakuru
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wahaye u Rwanda inkunga ya miliyoni 10 z’amayero, ni ukuvuga akabakaba miliyari 10 z’amafaranga y’u Rwanda, azifashishwa mu bikorwa...
Hi, what are you looking for?
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wahaye u Rwanda inkunga ya miliyoni 10 z’amayero, ni ukuvuga akabakaba miliyari 10 z’amafaranga y’u Rwanda, azifashishwa mu bikorwa...
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ivuga ko ariya mafaranga ari Leta ya America yayatanze ikaba yari ihagarariwe n’Ikigega cy’Abanyamerika gishinzwe Iterambere Mpuzamahanga USAID. Amasezerano yasinywe none...
Umushinga Hinga Weze na Equity Bank, ku wa 30 Kamena 2020, bashyize umukono ku masezerano y’imikoranire aho bizafasha abahinzi n’abarozi, koperative z’abahinzi n’ababagezeho imyongeramusaruro kubona...
Nubwo bafite ikibazo cy’urusenda bejeje rudafite isoko, abaturage bo mu karere ka Nyanza babangamiwe na rwiyemezamirimo wabambuye amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni 24 ku...
Mu rwego rwo guhangana no gukumira ingeso yo “Kotsa imyaka”, -kugirisha imyaka ikiri mu murima, Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yashyizeho Amabwiriza N° 29 yo ku...
Ikigo kigenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (CMA) cyahaye uburenganzira ku nshuro ya mbere ikigo cy’ubucuruzi cyo muri Afurika y’Epfo cyitwa “RH Bophelo Limited” kuza...
Ku wa Kane tariki 21 Gicurasi, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi yagejeje imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari y’igihe giciriritse hamwe n’imibare y’ikigereranyo cy’ingengo y’imari ya 2020/2021-2022/2023, ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe...
Amafaranga y’u Rwanda agera hafi kuri Miliyari 9 yarasesaguwe, ibi bikaba byaratumye yiyongeraho hafi kimwe cya kabiri cy’ayasesaguwe mu mwaka w’ingengo y’imari 2017-2018, kuko...
Bamwe mu bacuruzi bo mu Mujyi wa Kigali bagaragaza imbogamizi z’uko bagomba gutangira kwishyura ubukode n’ibindi basabwa nyuma y’igihe gito batangiye gukora kandi abakiriya...
Mu mpera z’ukwezi kwa Mata 2020, Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), cyari kimaze kwishyura abacuruzi batandukanye mu Rwanda amafaranga angana na Miliyari Cumi n’eshatu (13,000,000,000Frw)...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa (PAM/WFP) riravuga ko hatagize igikorwa icyorezo cya coronavirus cyazasiga ku isi ikiremwamuntu gihungabanye kurusha ibindi bihe byabayeho nyuma...
Abanyenganda bafite izikora bimwe mu byangombwa nkenerwa muri iki gihe Isi ihanganye n’icyorezo cya koronavirusi barishimira ko bakomeje koroherezwa mu bucuruzi bwabo harimo no...
Abafite ubumuga bo mu turere twa Musanze na Burera bigishwa imyuga irimo ubudozi, gukora no gusana inkweto ndetse n’Ikoranabuhanga, bavuga ko kwigishwa umwuga ari...
Mu rwego rwo gushyigikira gahunda ya Guverinoma hagobokwa abaturage bahuye n’ingaruka z’icyoreza cya Koronavirusi, kubera ingamba zafashwe mu rwego rwo guhangana n’ikwirakwizwa ryacyo, ku...
Imiryango ishingiye ku myemerere yo mu Ihuriro ry’abafatanyabikorwa b’akarere mu iterambere yo mu karere ka Nyarugenge, muri ibi bihe hari abagowe na kubona imibereho...