Inkuru nyamukuru
Inkuru n’ibiganiro bihita mu bitangazamakuru binyuranye zagombye kuba zigamije iterambere, haba ku munyamakuru ubwe, igihugu no ku batuye Isi muri rusange, byose bishingiye ku...
Hi, what are you looking for?
Inkuru n’ibiganiro bihita mu bitangazamakuru binyuranye zagombye kuba zigamije iterambere, haba ku munyamakuru ubwe, igihugu no ku batuye Isi muri rusange, byose bishingiye ku...
AB Bank Rwanda Ltd Branch Manager Kimironko, Theophile Kuradusenge, has said their firm is determined to continue financing the small and medium-sized enterprises (SMEs)...
Guhera ku mugabane muto (2000Frw) mu kigega Iterambere Fund byatumye abafite ubushobozi buke aribo benshi bakigannye. Igurisha rya mbere muri iki kigega ryatangijwe tariki...
Gukora wikorera ni bimwe mu bizateza imbere abakora mu birombe by’umucanga n’amabuye. Mu murenge wa Masoro, mu karere ka Rulindo ahazwi nko Kwipera, iyo...
Banki y’abaturage y’u Rwanda Banque Populaire du Rwanda-BPR Atlas Mara, irateganya kwirukana abakozi basaga 300. Muri bo hari abamaze kwirukanwa, aho banki ivuga ko...
Hegitare zigera kuri 50 zari zihinzeho imyaka y’Abaturage zo mu gishanga cya Gashora giherereye hagati y’Akarere ka Bugesera n’aka Ngoma mu ntara y’Iburasirazuba, zarengewe...
Ku wa 30 Nzeri 2016, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe iterambere n’imibereho myiza muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu, Dr Mukabaramba Alvera, yafunguye ku mugaragaro amazu 36...
Ubwo hatangizwaga igihembwe cy’ihinga 2017A ku rwego rw’Akarere ka Gatsibo mu murenge wa Rugarama, akagari ka Matunguru, mu mudugudu w’Agatovu, ku wa kabiri tariki...
Mu karere ka Bugesera abahinzi baho bahangayikijwe nuko batazabona umusaruro uhagije kubera ko batarabona imbuto yo guhinga kandi igihe cy’ihinga kigenda kibacika. Ubwo hatangizwaga...
Ikigo gifasha abantu guhahira kuri interineti cyitwa Jumia gikora ubucuruzi, gikomeje gufatanya n’abacuruzi batandukanye, cyane cyane abacuruza ibikorerwa imbere mu gihugu hagamijwe gukomeza guteza...
Ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD) ryatangije gahunda yo gukangurira abayoboke baryo kugana amakoperative, ni muri urwo rwego bigishijwe imikorere n’imicungire yayo. Ku...
In Nunga Gahanga sector in Kicukiro, a new commercial hub was opened up for business by Kicukiro Steel Woodwork Cooperative (KSWC) members who raised...
Mu cyumweru cyahariwe Gahunda ya Girinka Munyarwanda, abaturage bo mu karere ka Gatsibo ndetse n’abafatanyabikorwa b’ako karere, muri uku kwezi kwa Gicurasi konyine batanze...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, n’umuryango we, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Mata 2016, bifatanije n’abaturage bo mu karere ka Kayonza, mu...
Mu ruzinduko Perezida wa Repubulika Paul Kagame agirira mu ntara y’Iburasirazuba, yabwiye abaturage bo mu karere ka Ngoma yasuye kuri uyu wa kane tariki...