Abantu
Afurika ni umwe mu migabane igize Isi. Afurika ni umugabane mwiza, ukize kuri byose. Uyu mugabane wa Afurika ufite Abahanga benshi bashoboye kwandika ibitabo....
Hi, what are you looking for?
Afurika ni umwe mu migabane igize Isi. Afurika ni umugabane mwiza, ukize kuri byose. Uyu mugabane wa Afurika ufite Abahanga benshi bashoboye kwandika ibitabo....
Perezida w’inama y’ubuyobozi ya ADEPR, Kayigamba Callixte, aravugwaho kwivanga mu nshingano za Biro Nyobozi, agamije kuyica intege kubera inyungu ze bwite. Aya makimbirane akajije...
Ashingiye ku rubanza RCOM 00638/2019/TC rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Kigali, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga, aramenyesha abantu bose ko ku wa gatanu tariki ya 29/05/2020 saa yine za...
Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego rwasigariye Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa Arusha n’urwa Yougoslavia (IRMCT), Serge Brammertz, yatangaje ko Bizimana Augustin wari ku rutonde rwa ba ruharwa...
Ku munsi mpuzamahanga wahariwe kunywa icyayi, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyashimiye NAEB impano y’icyayi cy’u Rwanda bageneye abaganga n’abandi bakozi. Ni mu rwego rw’uko aba...
Ku wa Kane tariki 21 Gicurasi, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi yagejeje imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari y’igihe giciriritse hamwe n’imibare y’ikigereranyo cy’ingengo y’imari ya 2020/2021-2022/2023, ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe...
Kugira ngo harangizwe urubanza RC 00036/2018/TB/KICU na RCA 00098/19/TGI/NYGE, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 01/06/2020 saa tanu z’amanywa (11:00), azateza...
Kugira ngo harangizwe urubanza RC00036/2018/TB/KICU rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 01/06/2020 azateza cyamunara imitungo ibiri...
Kugira ngo harangizwe urubanża RC00139/2018/TB/GAS, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 01/06/2020 saa tatu za mugitondo (9:00am), azateza cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bufite ubuso bungana na...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye wita ku buzima (OMS) ryagaragaje ko kuwa gatatu gusa abantu ibihumbi 106 banduye, naho abandi hafi ibihumbi bitanu barapfa. Ni ubwa...
Mu rwego rwo kurangiza urubanza RC00773/2018/TB/KICU rwaciwe n’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ku wa 17/12/2019; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa...
Ashingiye ku rubanza RCOM 00638/2019/TC rwaciwe n’Urukiko rw’ubucuruzi rwa Kigali, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose, ko ku wa gatanu tariki ya 22/05/2020 saa...
Ashingiye ku rubanza RCOM 0068/15/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa gatanu tariki ya 22/05/2020 saa sita...
Ku wa Gatandatu tariki ya 16 Gicurasi 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye mu mirenge ya Ruhashya, Tumba na Rusatira yahakoreye...
Abagize urubyiruko rw’abakorerabushake batangiye ubukangurambaga bwo guhindura imyumvire y’abaturarwanda muri gahunda yo kurwanya Koronavirusi. Ubuyobozi bw’abakorerabushake buravuga ko ubu bukangurambaga bugamije gutera ingabo mu...