Mu rwego rwo kurangiza urubanza RC00773/2018/TB/KICU rwaciwe n’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ku wa 17/12/2019;
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa Gatatu tariki ya 27/05/2020, hazatezwa muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Ntazinda Jean Marie Vianney na Mukabandora Jeanne ufite UPI: 1/03/07/04/711. Cyamunara izaba saa tanu z’amanywa (11h00).
Uwo mutungo uherereye mu mudugudu wa Kivu, Akagari ka Nyarurama, Umurenge wa Kigarama, Akarere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali.
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefoni igendanwa 0783110938.
Bikorewe i Kigali, ku wa 20/05/2020
Me Gatware Eric
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
Se
