Amakuru
Panorama Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Jean Marie Vianney Gatabazi, yakanguriye abaturage b’akagari ka Kabushinge, mu murenge wa Rwaza mu karere ka Musanze bahawe ubutumwa bwo...
Hi, what are you looking for?
Panorama Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Jean Marie Vianney Gatabazi, yakanguriye abaturage b’akagari ka Kabushinge, mu murenge wa Rwaza mu karere ka Musanze bahawe ubutumwa bwo...
Rene Anthere Itangazamakuru ni urwego rukunze kuvugwamo kutubahiriza ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye. Ibi bivugwa kubera ko inkuru n’ibiganiro bikomeye ndetse n’imyanya mu itangazamakuru usanga byiharirwa...
Panorama As part of the World AIDs Day (WAD2017) celebrations, PSF initiated the HIV testing and counseling targeting priority populations and cross border traders...
Rene Anthere Hari hashize imyaka igera kuri cumi n’irindwi ntarongera gukandagiza ikirenge mu Rwanda. Nagize igihe kinini cyo kuba mfite ibitekerezo binyuranye n’iby’abari mu...
Mutesi Scovia Abana bahagarariye abandi mu Mujyi wa Kigali basaba ababyeyi babo kubabera inshuti aho kubabera abanyamategeko. Babasaba kugira umwanya wo kumva ibitekekerezo byabo,...
Mutesi Scovia Abasore n’inkumi bagera ku ijana na mirongo itanu, ubu bari mu kazi mu imurikagurisha ryateguwe n’abanyamisiri ribera i Remera (Petit Stade), ririmo...
Ijoro rishyira Noheli n’umunsi mukuru wa Noheli umutekano muri rusange wari ntamakemwa. Ni iminsi yaranzwe n’urujya n’uruza mu gihugu hose, ikaba yararangiye neza haba...
Ku itariki ya 24 Ukuboza, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gatsibo yagiranye ibiganiro n’urubyiruko rw’abayisilamu rurenga 300 basengera ku musigiti wa Kiramuruzi, ...
Mu butumwa busoza umwaka wa 2017 Umukuru w’igihugu, Perezida Paul Kagame, yageneye ingabo z’u Rwanda, bo n’imiryango yabo yabifurije Noheli nziza n’umwaka mushya muhire...
Nelson R. /Panorama-Rubavu Abaturage bishimiye kwegerezwa ibikorwa byo kwipimisha SIDA ku bushake mu imurikagurisha ryateguwe na n’Urugaga rw’Abikorera (PSF) mu karere ka Rubavu. Muri...
HAKIZIMANA Elias Abakozi bibumbiye muri Sendika y’abubatsi, ababaji n’abanyabukorikori (STECOMA) bavuga ko bakibangamiwe n’inzitizi nyinshi zirimo kutagira ubwishingizi, kwishyurwa nabi bivamo kenshi no kwamburwa...
BY BYANSI Samuel Baker On Wednesday afternoon, Members of Parliament voted on the consitutional ammendment Bill No. 2 of 2017 at its second reading...
Par Elias Hakizimana Les journalistes locaux qui ont ecris les articles concernant les problèmes de travail non rémunéré des femmes ont été récompensés par...
Muri Kaminuza ya Dar Es Salaam muri Tanzania, ku wa 18 Ukuboza 2017, hasojwe inama mpuzamahanga yahuje ibihugu cumi na bitanu birimo Amerika, u...
Depite Martin Ngoga uhagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA), ku wa 19 Ukuboza 2017, yatorewe kuyobora iyo nteko....