Amakuru
Ibikorwa byo kurwanya abakora bakanacuruza inzoga zitemewe birakomeje, aho hirya no hino mu ntara y’ Iburasirazuba habereye ibikorwa byo kumena izo nzoga no gutwika...
Hi, what are you looking for?
Ibikorwa byo kurwanya abakora bakanacuruza inzoga zitemewe birakomeje, aho hirya no hino mu ntara y’ Iburasirazuba habereye ibikorwa byo kumena izo nzoga no gutwika...
CSP Hubert Gashagaza wari mu kiruhuko cy’izabukuru, muri iki gitondo cyo ku wa 18 Nzeri 2018, hasakaye inkuru ko yitabye Imana bivugwa ko yishwe,...
Binyuze muri UNIK Association, hitezwe imbaraga zo kuzamura ubushobozi ndetse n’ireme ry’uburezi muri Kaminuza ya Kibungo –UNIK, abayizemo ndetse n’abakozi bahabwa umwanya wo kuba...
Ikibanza gifite clôture ya blocs ciments, harimo n’amazi, akarusho ni uko gifite uruhushya rwo kubaka (autorisation de bâtir) ku buryo wahita utangira kubaka. Giherereye...
From 17 to 19 September 2018, Kigali provides the setting for the Commonwealth Local Government Forum’s (CLGF) 37th Board meeting and the Commonwealth Sustainable...
Abakobwa bo mu murenge wa Gitoki, Akarere ka Gatsibo, bahitamo guhishira ababatera inda kugira ngo badahomba indezo. Aba bakobwa bemeza ko aho kugira ngo...
None ku wa Gatanu, tariki ya 14 Nzeri 2018, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije (REMA) bwasabye ko kubungabunga akayunguruzo k’imirasire y’izuba byagirwamo uruhare na buri wese mu rwego rwo gushyigikira iterambere rirambye...
Iyo unyuze hirya no hino mu mavuriro usanga abaganga b’inzobere atari benshi. Iyo bigeze ku bakurikirana abagore usanga umubare wabo ari muto cyane, ariko...
Mu rwego rwo kuzamura imibereho myiza y’abaturage Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gakenke ifatanyije n’akarere ka Gakenke n’abafatanyanyabikorwa bako, ku wa 11...
Ku wa 11 Nzeri 2018, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Musanze ku bufatanye n’ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru basuye inteko z’abaturage bo mu mirenge...
Urubyiruko ni imbaraga z’igihugu. Ni muri urwo rwego rusabwa ko nta byaha bikwiye gukorwa barebera kandi bagafatanya n’abandi kwishakamo ibisubizo aho guhora bateze ko...
Abatwara abagenzi ku mapikipiki, abamotari, bakunze kubita akazi ka “Munyurahato” kuko usanga banyura no mu kayira k’abanyamaguru. Bamwe ntibatinya kunyura ku byapa by’umuriro byabahagaritse,...
Ku bufatanye n’abaturage bo mu karere ka Nyanza, Polisi y’u Rwanda yashoboye gutahura inzoga zitemewe mu Rwanda, hamenwa litiro zigera hafi kuri Magana ane...
Urubyiruko rwo mu karere ka Nyagatare rwiganjemo abakorerabushake n’abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye, basabwe gutangira amakuru ku gihe ku bantu bakoresha ibiyobyabwenge ndetse n’abagira...