Amakuru
Muri Gereza ya Mageragere iri mu karere ka Nyarugenge, haravuga ko hadutsemo indwara y’iseru, ubu bikaba bitemewe ko hari abasura imfungwa n’abagororwa bari muri...
Hi, what are you looking for?
Muri Gereza ya Mageragere iri mu karere ka Nyarugenge, haravuga ko hadutsemo indwara y’iseru, ubu bikaba bitemewe ko hari abasura imfungwa n’abagororwa bari muri...
Abibumbuye mu rugaga nyarwanda rw’abanduye virusi itera SIDA (RRP+), bishimira kuba barashoboye kwishyira hamwe ariko kandi bakanishimira kuba bafite ikizere cyo kubaho igihe kirekire...
Uburyo bwo kwinjiza gahunda zo kuboneza imbyaro mu kiciro cy’ingimbi n’abangavu, cyavugishije abatari bake ubwo Minisitiri w’Intebe yasobanuriraga abasenateri ko ari kimwe mu byafasha...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 Ukuboza 2018, Ikipe ya Manchester United yashyize hanze ubutumwa bugenewe itangazamakuru, igaragaza ko yamaze...
Nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 mu ngingo yaryo ya 140, kuva ku itariki ya 13...
Kuva tariki 20 Ugushyingo 2018 kugeza ibiruhuko birangiye Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umukino wa Volleyball (FRVB) ryatangije camp z’ibiruhuko “Volley Vacances” zitabirwa n’abakiri bato batarengeje imyaka...
ITEGEKO N° 66/2018 RYO KU WA 30/08/2018 RIGENGA UMURIMO MU RWANDA Twebwe, KAGAME Paul, Perezida wa Repubulika; INTEKO ISHINGA AMATEGEKO YEMEJE, NONE NATWE...
Aya makuru yatangajwe na Amb Olivier Nduhungirehe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga. Yatangajwe kandi na christoph vogel umushakashatsi ku makimbirane mu karere...
Mu bikorwa byo gukumira no ku rwanya ibiyobyabwenge byakozwe na Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu karere ka Gisagara, mu mirenge ya Mamba...
Ku makuru yatanzwe n’abaturage inzego z’umutekano zafatiye mu cyuho abagabo 14 bakekwaho gukora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Nk’uko tubikesha Polisi y’u...
“Umukoresha ubuza umugenzuzi w’umurimo kwinjira mu kigo, uwanze kumuha amakuru, utitaba ihamagarwa, cyangwa udashyira mu bikorwa imyanzuro y’umugenzuzi w’umurimo, aba akoze ikosa ryo mu...
Ku wa 12 Ukuboza 2018, abayobozi b’ibitari n’ab’ibigo nderabuzima bahawe amapikipiki na mudasobwa bizabafasha mu gukurikirana amakuru ajyanye n’ubuzima mu duce bakoreramo. Uyu munsi...
Aborozi bo mu karere ka Ngoma bahangayikishijwe n’ibura ry’imisemburo irindisha inka bikaba bibatera ibihombo, igihe inka yagize ibibazo byo gutinda cyangwa kwanga kurinda. Kugira...
Uwitwa NTAKIRUTIMANA Alain mwene RUSANGIZA Isdore na TABU Agnes mu mudugudu wa Kanogo Akagari ka Rwimbogo, Umurenge wa Nyarugunga, Akarere ka Kicukiro, Umujyi wa...
Abapolisi 102 bayobora abandi mu duce twose tw’igihugu bagiranye inama igamije kwimakaza ihamwe ry’uburinganire mu kazi k’igipolisi, aho abapolisikazi basabwe kurushaho kwiyubakamo icyizere kuko...