amafoto
Ku wa kane tariki ya 03 Mutarama 2019 abantu 9 bo mu murenge wa Rusebeya mu karere ka Rutsiro, bakoraga ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro...
Hi, what are you looking for?
Ku wa kane tariki ya 03 Mutarama 2019 abantu 9 bo mu murenge wa Rusebeya mu karere ka Rutsiro, bakoraga ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro...
Ku wa kane tariki ya 03 Mutarama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali ku bufatanye n’abayobozi mu nzego z’ibanze mu karere ka...
Tariki ya 03 Mutarama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera muri gare ya Nyabugogo mu karere ka Nyarugenge yafashe umugabo wahoze ari umupolisi, ubu wakoraga...
Ba Nyampinya 37 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 Mutarama 2019, hataratoranywamo 20 bazahatana ku munota wa nyuma bagatoranywamo Miss Rwanda 2019, mu...
Abakobwa bose uko ari 37 batsinze mu ntara zose ubu bameze neza, kandi biteguye kuvamo 20 ba mbere bazakomeza muri Boot Camp. Ijonjora rya...
Abaturage bo mu karere ka Gisagara barasabwa kudakingira ikibaba abantu bakora bakanacuruza inzoga zitemwe. Ibi babisabwe ku wa Gatatu tariki ya 02 Mutarama 2019 ubwo...
Polisi ikorera mu karere ka Gatsibo mu murenge wa Kiziguro yafashe abagabo babiri, barimo umupfumu, bakurikiranyweho gushuka umugore bakamwambura amafaranga y’u Rwanda angana na...
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 03 Mutarama 2019 Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare yafashe umugore w’imyaka 29, arimo...
Abana bafungiye muri Gereza ya Nyagatare bitabiriye ibizamini bisoza amashuri abanza n’ikiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye, bagaragaje ko bakurikiye neza amasomo yabo ku buryo...
Mu gice cya mbere cy’Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda, N° 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018, twabagejejeho ibigengwa n’iri tegeko ndetse n’ibisobanuro by’amagambo akoreshwamo. Muri...
Abagabo babiri bo mu murenge wa Gatumba mu kagari ka Ruhanga mu karere ka Ngororero bafatanwe ibiro 47 by’amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa...
Ubufatanye hagati ya Polisi n’abaturage mu kurwanya ibiyobyabwenge bukomeje gutanga umusaruro aho ku wa 28 Ukuboza 2018, mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Jenda ...
Abagabo babiri bafashwe bakekwaho gutanga ruswa ku bapolisi kugirango bafungure umugore w’umwe muri aba bagabo ufungiye kuri sitatiyo ya Polisi ya Byumba akekwaho gucuruza...
Ingabo z’u Rwanda zibinyujije mu Bitaro bikuru bya Gisirikare by’i Kanombe, zizatangiza muri Mutarama 2019 ikigo gishya kizafasha kuvura kanseri mu buryo bwihariye (oncology)...
Nk’uko tubikesha Ijwi rya Amerika, abanyamakuru bagaragaye mu myigaragambyo yamaze iminsi itatu mu rwego rwo kwifatanya n’abaturage bari bamaze icyumweru na bo bigaragambya basaba...