Amakuru
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Muhanga ku bufatanbye n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB), bafashe Ndagijimana Emmanuel ukekwaho kwiba amadorari y’amanyamerika ibihumbi 5500 ahwanye...
Hi, what are you looking for?
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Muhanga ku bufatanbye n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB), bafashe Ndagijimana Emmanuel ukekwaho kwiba amadorari y’amanyamerika ibihumbi 5500 ahwanye...
Hari abajya bakurikirana imikino yo gukirana irimo abasore bafite amaboko n’ibituza bidasanzwe bakibaza ko ari amashusho y’amahimbano cyangwa ari abantu baremwe bidasanzwe. Siko biri...
Ubukangurambaga bw’iminsi itatu bwakorewe abana 100 batewe inda batarageza ku myaka y’ubukure mu karere ka Ngororero, bwatumye kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2018, ababyeyi...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko mu rubanza RC000390/2017/TB/KGRMA rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kagarama ku wa 25/01/2018, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu...
Ku wa 18 Ugushyingo 2018, Polisi ikorera mu karere ka Rubavu ifatanyije na Diyoseze Gaturika ya Nyundo baganirije urubyiruko rugera ku 3000, ku ruhare...
Ku wa kabiri tariki ya 20 Ugushyingo 2018 abana batandatu (6) bo muri gereza y’abana ya Nyagatare, batangiye gukora ibizamini bisoza ikiciro cya mbere...
Kugira ngo harangizwe urubanza RC00340/2016/TGI/CMB na RC00204/2016/TGI/GSBO rwaciwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo ku wa 09/06/2017. Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa...
The African Union Academy of Languages (ACALAN) Conference! Sunday 18, November 2018 in Kampala -Uganda at Speke resort ended an AU workshop on Harmonisation...
None ku wa Mbere, tariki ya 19 Ugushyingo 2018, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. 1. Inama y’Abaminisitiri...
Imibare igaragaza ko kuva muri Mutarama kugeza mu mpera z’Ukwakira 2018, abantu bagera kuri 437 bahitanywe n’impanuka, mu gihe abagera kuri 662 bakomeretse. Izi...
Ku bufatanye bw’inzego z’umutekano mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Matimba mu kagari ka Nyabwishongwezi, ku wa 17 Ugushyingo 2018, Polisi yafashe imodoka yo...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) rishyira ku mwanya wa munani (8) impanuka zo mu muhanda mu bitera imfu nyinshi, kuko ku mwaka...
Abanyeshuri b’Abanyarwanda bagiriye urugendoshuri mu Bushinwa basogongejwe ku hazaza h’ikoranabuhangwa berekwa ubuhanga bugezweho bwa “5G network, Internet of Things (IOT) , Cloud computing, Big...
Mu mpera z’uku kwezi u Rwanda ruzakira Ihuriro rya mbere Nyafurika ku Bukungu Butangiza Ibidukikije, rizahuza abarenga igihumbi (1,000), barimo abashoramari, abashyiraho za Politiki...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko mu rubanza No RP00490&00698/2016/TGI/NYGE rwaciwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ku wa 16/02/2017, n’urubanza RPA00285&00298&00326&00338&00339 rwaciwe n’Urukiko rukuru ku wa 07/12/2017,...