Amategeko
ITEGEKO N° 66/2018 RYO KU WA 30/08/2018 RIGENGA UMURIMO MU RWANDA Twebwe, KAGAME Paul, Perezida wa Repubulika; INTEKO ISHINGA AMATEGEKO YEMEJE, NONE NATWE...
Hi, what are you looking for?
ITEGEKO N° 66/2018 RYO KU WA 30/08/2018 RIGENGA UMURIMO MU RWANDA Twebwe, KAGAME Paul, Perezida wa Repubulika; INTEKO ISHINGA AMATEGEKO YEMEJE, NONE NATWE...
Aya makuru yatangajwe na Amb Olivier Nduhungirehe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga. Yatangajwe kandi na christoph vogel umushakashatsi ku makimbirane mu karere...
Mu bikorwa byo gukumira no ku rwanya ibiyobyabwenge byakozwe na Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu karere ka Gisagara, mu mirenge ya Mamba...
Ku makuru yatanzwe n’abaturage inzego z’umutekano zafatiye mu cyuho abagabo 14 bakekwaho gukora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Nk’uko tubikesha Polisi y’u...
“Umukoresha ubuza umugenzuzi w’umurimo kwinjira mu kigo, uwanze kumuha amakuru, utitaba ihamagarwa, cyangwa udashyira mu bikorwa imyanzuro y’umugenzuzi w’umurimo, aba akoze ikosa ryo mu...
Ku wa 12 Ukuboza 2018, abayobozi b’ibitari n’ab’ibigo nderabuzima bahawe amapikipiki na mudasobwa bizabafasha mu gukurikirana amakuru ajyanye n’ubuzima mu duce bakoreramo. Uyu munsi...
Aborozi bo mu karere ka Ngoma bahangayikishijwe n’ibura ry’imisemburo irindisha inka bikaba bibatera ibihombo, igihe inka yagize ibibazo byo gutinda cyangwa kwanga kurinda. Kugira...
Uwitwa NTAKIRUTIMANA Alain mwene RUSANGIZA Isdore na TABU Agnes mu mudugudu wa Kanogo Akagari ka Rwimbogo, Umurenge wa Nyarugunga, Akarere ka Kicukiro, Umujyi wa...
Abapolisi 102 bayobora abandi mu duce twose tw’igihugu bagiranye inama igamije kwimakaza ihamwe ry’uburinganire mu kazi k’igipolisi, aho abapolisikazi basabwe kurushaho kwiyubakamo icyizere kuko...
Kwishyurirwa ibikenewe byose kugira ngo abana makumyabiri bakomoka mu miryango itishoboye bakomoka mu murenge wa Shyorongi, mu karere ka Rulindo, ni kimwe mu byaranze...
Bamwe mu bafashwe bacuruza ibiyobyabwenge baricuza ko bahemukira umuryango nyarwanda, bagasaba abagifite aho bahuriye nabyo kwihutira kubireka batarahura n’ingaruka zikomeye zibategereje. Ibi babitangaje ku...
Biratunguranye kandi birashimishije kuba abaturage bavuye mu mujyi wa Kigali, bishakamo ubushobozi bakajya gushyigikira urugendo rw’ubuzima bw’abamugariye ku rugamba rwo kubohora igihugu, mu gihe...
Bamwe mu bahinzi b’umuceri mu gishanga cya Cyaruhogo mu karere ka Rwamagana bavuga ko umuceri beza ujyanwa mu nganda za kure aho batazi mu...
Ni ku kiyaga cya Mirayi. Urasanga umurima munini urimo, ku mutwe wawo, urutoki rutoshye cyane cyane nk’aho ari mu mvura yo mukwezi kwa kane....
Mu gihe byari igisubizo ku iterambere no kuva mu bwigunge byabo, ubwato butwara abagenzi na Hoteli bubakiwe ku Nkombo bisa n’ibyahombeye abahavuka. Ubwato ntibukora,...