AMATORA 2018
Mu bikorwa byo gusoza kwiyayamaza byabereye mu Murenge wa Kimisagara ahazwi nko kuri ‘Maison de Jeunes’ ku wa 01 Nzeri 2018, abakandida batanzwe n’umuryango...
Hi, what are you looking for?
Mu bikorwa byo gusoza kwiyayamaza byabereye mu Murenge wa Kimisagara ahazwi nko kuri ‘Maison de Jeunes’ ku wa 01 Nzeri 2018, abakandida batanzwe n’umuryango...
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 1 Nzeri 2018, nk’uko biteganywa n’amabwiriza ya Komisiyo y’Igihugu y’amatora, ishyaka riharanira demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage-PSD, ryasoje ibikorwa...
Ku munsi wa nyuma wo gusoza ibikorwa byo kwamamaza abakandida-Depite, ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza ryemereye abanyarwanda ko abakandida baryo nibagera mu nteko bazarushaho...
Abaturage bo mu karere ka Musanze, Umurenge wa Busogo, bifuza ko ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije –DGPR, niriramuka ritsinze amatora y’abadepite rikwiye kubakorera...
Uko ibikorwa byo kwamamaza abakandida depite b’Umuryango FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bafatanyije byari byifashe ku wa 30 Kanama 2018 mu murenge wa...
Abaturage bo mu karere ka Musanze, cyane cyane abatuye mu murenge wa Muhoza, baravuga imyato FPR Inkotanyi kuba yarabakuye mu buzima bubi ubu bakaba...
Mu matora y’abadepite, abafite ubumuga usanga babyiganira ku mwanya umwe w’ubahagarariye nymara bafite uburengenzira bwo kwiyamamaza mu byiciro byose by’abadepite mu nteko ishinga amategeko....
Abakandida b’Umuryango FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bifatanyije, barizeza abanyarwanda ubufatanye busesuye mu guteza imbere umuryango hashingiwe ku gukemura amakimbirane mu ngo, ibyo...
Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa muntu PL ryemereye abatuye mu karere ka Bugesera ko nibaritora bazakemura ikibazo cy’amazi yabaye ingume hamwe n’iki miturire. Ku...
Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu, PL, ryijeje abatuye uturere twa Huye na Gisagara ko nibaritorera kubahagararira mu Nteko Ishinga amategeko, rizaharanira ko...
Mu ijoro ryo ku itariki ya 29 Kanama 2018, nibwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare yafashe abagabo babiri bari bafite amabaro...
Kugira ngo harangizwe urubanza RC00340/2016/TGI/CMB na RC00204/2016/TGI/GSBO rwaciwe n’urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ku wa 09/06/2017. Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa...
Rwanda from 28–30 August 2018 hosts a Pan African Workshop on Access and Benefit Sharing of Genetic Resources (ABS). The workshop brings together participants...
Kuva ku wa 28 kugera ku wa 30 Kanama 2018, u Rwanda rurakira inama Nyafurika iganira ku bijyanye n’uburyo bwo kugera ku mutungo ndangakamere...
Ku wa 26 Kanama 2018, wari umunsi wo kwamamaza abakandida ba FPR Inkotanyi mu karere ka Gatsibo, Umurenge wa Gitoki. Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi...