Football
Ku cyumweru tariki ya 16 Ukwakira 2016, ni bwo ikipe ya APR FC izakira ikipe yo mu Bufundu bwo mu majyepfo, Amagaju FC. Iyi...
Hi, what are you looking for?
Ku cyumweru tariki ya 16 Ukwakira 2016, ni bwo ikipe ya APR FC izakira ikipe yo mu Bufundu bwo mu majyepfo, Amagaju FC. Iyi...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yamenyesheje inama y’Abaminisitiri yo ku 12 Ukwakira 2016, ko yemereye Maj. Gen. Richard Rutatina kujya mu kiruhuko cy’izabukuru. Ibi...
Ku wa Gatatu, tariki ya 12 Ukwakira 2016, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y’Abaminisitiri...
Ubuyobozi bwa Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) bwashyize ahagaragara inyandiko ndende igaragaza Uruhare rw’abambasaderi b’Abafaransa mu gufasha Leta y’u Rwanda gukora Jenoside hagati ...
Perezida Paul Kagame ubwo yagezaga ijambo ku bacamanza mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro Umwaka w’Ubucamanza wa 2016/2017; kuri uyu wa mbere tariki ya...
Bamwe mu bagore bo mu murenge wa Karangazi, Akarere ka Nyagatare, bahangayikishijwe n’ikibazo cy’abagabo babo bata ingo, bakagenda burundu kandi bakajyana n’imitungo baba barashakanye,...
As declared by US Department of state, Secretary of State John Kerry will travel to Rwanda, from October 13-14, 2016, to join EPA Administrator...
Bamwe mu baturage batuye Akarere ka Gatsibo, Intara y’Iburasirazuba, bavuga ko amahora adacuruzwa, adahingwa , ntacurwa mu ruganda, ntaremwa nk’umuntu nta n’uyatora aho ariho...
Ku wa 2 Ukwakira 2016, abanyeshuri bo mu ishuri ribanza rya HVP Gatagara bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga, batsinze abanyeshuri bo mu ishuri...
Ibi ni bimwe mu bagarutsweho na Minisitiri w’uburezi, Dr Papias Malimba Musafiri, ku munsi mpuzamahanga wahariwe mwarimu wizihijwe ku wa 5 Ukwakira, mu karere...
Hegitare zigera kuri 50 zari zihinzeho imyaka y’Abaturage zo mu gishanga cya Gashora giherereye hagati y’Akarere ka Bugesera n’aka Ngoma mu ntara y’Iburasirazuba, zarengewe...
Imwe mu miryango ifasha urubyiruko iranenga rumwe mu rubyiruko rwinenaguzwa imwe mu myuga rwanga kuyiga aho ruvuga ko igenewe igitsina runaka. Ruboneka Suzana, umwe...
Ku wa 30 Nzeri 2016, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe iterambere n’imibereho myiza muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu, Dr Mukabaramba Alvera, yafunguye ku mugaragaro amazu 36...
Ubwo hatangizwaga igihembwe cy’ihinga 2017A ku rwego rw’Akarere ka Gatsibo mu murenge wa Rugarama, akagari ka Matunguru, mu mudugudu w’Agatovu, ku wa kabiri tariki...
Ku wa gatanu tariki ya 30 Nzeri 2016, abakuru b’imidugudu igize Akarere ka Gatsibo uko ari 603, bashimiwe cyane n’Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo ndetse...