Akarere
Umunyatanzaniya Baraka Elias ufite ikibazo cy’imvune mu itako yabuze uko avurwa kuko ngo afite uburebure bukabije ku buryo atabona igitanda cyo kuryamaho mu bitaro...
Hi, what are you looking for?
Umunyatanzaniya Baraka Elias ufite ikibazo cy’imvune mu itako yabuze uko avurwa kuko ngo afite uburebure bukabije ku buryo atabona igitanda cyo kuryamaho mu bitaro...
Hillary Clinton yagaragaje akababaro yagize nyuma y’uko atsinzwe na Donald Trump mu matora y’umukuru w’igihugu akaba ari no ku nshuro ya mbere yongeye kugaragara...
Rusizi 16 November 2016 – Timothy Rugg won today his second stage in four days after his success last Sunday in Kigali during the prologue but without...
Uwahoze ari umukinnyi ukomeye mu mukino wo gusiganwa mu kwiruka ku bafite ubumuga w’umunyafurika y’Epfo, Oscar Pistorius, yimuriwe mu yindi gereza kugira ngo agororwe...
Akenshi dukunda kuvuga ku muvuduko udasanzwe w’amaraso ariyo hypertension ariko ntidukunze kwibaza mu gihe uwo muvuduko wabaye muke aribyo hypotension, niyo mpamvu tugiye kugaruka kuri iyi ndwara...
Kigali, 15 November 2016- University of Lay Adventists of Kigali (UNILAK) has launched a joint Environmental and Natural resource research center, the first of...
Karongi 15 November 2016 – Valens Ndayisenga took advantage today of first difficult stage with six climbs to take the lead. The final winner of the 2014...
Guhera ku mugabane muto (2000Frw) mu kigega Iterambere Fund byatumye abafite ubushobozi buke aribo benshi bakigannye. Igurisha rya mbere muri iki kigega ryatangijwe tariki...
Gukora wikorera ni bimwe mu bizateza imbere abakora mu birombe by’umucanga n’amabuye. Mu murenge wa Masoro, mu karere ka Rulindo ahazwi nko Kwipera, iyo...
KIGALI, 13 November 2016 – The American Timothy Rugg broke the dream of the Rwandans to win a fourth consecutive victory on the prologue of the Tour...
Tout est prêt pour le grand départ de la 8e édition du Tour du Rwanda qui va se dérouler en sept étapes à partir de...
«Abasabiriza ibiceri ku mihanda bavuga ko bakeneye ubafasha si ubukene ahubwo ni imyumvire mike yo kumva ko ari abo gufashwa gusa, kuko hari n’abafite...
Ku wa kane tariki 10 Ugushyingo 2016, mu karere ka Rwamagana hakozwe ubukangurambaga kuri gahunda ya NEP (Kora Wigire). Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri...
“U Rwanda n’u Burundi hazimye uwatse kuko byari ibihugu bivandimwe kuva ku ngoma ya cyami kugera kuri Repebulika.”kilojnhbn Ibi byagarutsweho na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga...
Minisiteri y’urubyiruko n’ikoranabuhanga (MYICT) yafunguye ku mugaragaro ibikorwaremezo bizwi nka “Rwanda Internet Exchange Point (RINEX)” bizafasha mu kurinda amakuru ari kuri murandasi Abanyarwanda bakoresha,...