Amakuru
Mu gihe bamwe mu baturage bavuga ko gufungura amashuri cyaba ari kimwe mu bigaragza uko abantu bakwiye kwitoza kubana na koronavirusi,hari abandi bavuga ko...
Hi, what are you looking for?
Mu gihe bamwe mu baturage bavuga ko gufungura amashuri cyaba ari kimwe mu bigaragza uko abantu bakwiye kwitoza kubana na koronavirusi,hari abandi bavuga ko...
Abanyenganda bo mu Rwanda barasaba inzego bireba kubafasha ibiciro by’amashanyarazi bigabanuka kuko ibiriho bihenze ndetse bakavuga ko bituma batabasha guhatana ku masoko mpuzamahanga n’ayo...
Mu karere ka Kamonyi hatangiye kugezwamo ibikorwa by’iterambere bitandukanye nk’inganda, imihanda ya kaburimbo n’amashuri. Ibyo bikorwa bikaba birimo gufasha guhangana n’ubushomeri. Akarere ka Kamonyi...
Bamwe mu Banyarwanda mu ngeri zinyuranye, baravuga ko imiyoborere myiza no gushyiraho gahunda z’iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza ari byo bituma icyizere cyo kubaho mu...
Bamwe mu rubyiruko rw’abakorerabushake ruri mu bikorwa byo gufasha abaturage gukumira icyorezo cya COVID-19 mu turere dutandukanye rurasaba ko hakongerwa ibikoresho rwifashisha muri aka...
Bamwe mu bakoresha imiti isukura intoki izwi nka “hand sanitizers” barakemanga ubuziranenge bw’imwe muri iyi miti icururizwa ku zuba bagakeka ko ishobora kubagiraho ingaruka....
Mu gihe buri wa gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Kanama buri mwaka, abanyarwanda bizihiza umunsi w’umuganura. Abakuze bavuga ko gukomera kuri uyu muhango ari...
Bamwe mu bavuzi b’amenyo bize mu cyahoze ari Ishuri Rikuru ry’Ubuzima rya Kigali (KHI) barasaba ko inyito y’impamyabumenyi bahawe “Dental Therapy” yahinduka kuko ngo...
Abagore babarurirwa mu byiciro byihariye basaga 100 babarurirwa mu mujyi wa Kigali, basabwe kugira uruhare rukomeye mu kwirinda ikwirakwizwa rya COVID-19, babikangurira abo bana...
Abakurikirira hafi amateka y’Isi basanga nta muntu ugomba kwemera ko amateka y’igihugu cye asibangana kuko kuyatakaza bigira ingaruka mbi nyinshi ku bariho ubu ndetse...
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu baravuga ko bamaze imyaka irenga irindwi batarabona ingurane y’imirima yabo bambuwe ikagurirwamo...
Ku ngoma y’umwami Yuhi wa V Musinga wayoboye u Rwanda ahagana mu 1883 -1944 agace ka Gitwe kari mu Murenge wa Bweramana mu Karere...
Mu mugoroba wo ku cyumweru tariki ya 2 Kanama 2020 ahagana saa mbiri nibwo inzego z’umutekano zafashe Munyempundu Jean Pierre w’imyaka 33 na Habimana...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi tariki ya 28 na 31 Nyakanga ryakoze igikorwa cyo kurwanya abakora ibikorwa by’uburobyi bitemewe...
Hashingiwe ku myanzuro y’inama y’Abaminisitiri yabaye tariki ya 29 Nyakanga yemeje ko ingendo zo mu ndege zisubukurwa tariki ya 1 Kanama 2020. Ni muri...