Amakuru
Gahunda mbonezamikurire y’abana bato (NECDP) bafatanije na Hinga Weze hamwe na UNICEF basobanura ko umugore agomba konsa umwana mw’isaha ya mbere akimara kubyara kugira...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bwa Polisi N’ubw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro busaba abatarahererekanya ibinyabiziga kubikora bitarenze Gashyantare 2026. Bigomba gukorwa muri icyo gihe cyatanzwe kuko abatazabikora byo...
Gahunda mbonezamikurire y’abana bato (NECDP) bafatanije na Hinga Weze hamwe na UNICEF basobanura ko umugore agomba konsa umwana mw’isaha ya mbere akimara kubyara kugira...
Ku wa 6 Kanama 2019, Minisitiri w’Ubuzima w’agateganyo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo (DRC), Bwana Pierre Kangudia aherekejwe n’abandi bakorana, ku butumire bwa...
Kuri uyu wa kane Kanama 2019, ku kibuga k’indege mpuzamahanga cya Kigali, hasesekaye itsinda ry’abapolisi 140 bavuye mu butumwa bw’amaoro muri Haïti, bayobowe n’umuyobozi...
Polisi ihora iburira abantu kwirinda ibikorwa bikorerwa mu mazi mu buryo bunyuranyije n’amategeko irwanya ibikorwa byangiza inyamaswa zo mu mazi n’ishyirwa mu kaga ry’ubuzima...
Polisi y’u Rwanda yashimiye Umurenge wa Kimironko wahize iyindi mu kwimakaza ubukangurambaga bw’isuku n’umutekano mu mujyi wa Kigali ku nshuro ya munani, uhabwa imodoka...
Abafite ubumuga bo mu murenge wa Busasamana ho mu karere ka Rubavu, bavuga ko bagize amahirwe yo kubona ishuri ry’imyuga mu murenge wabo, byafasha...
Mu gitondo cyo ku wa kane tariki ya 1 Kanama 2019, hasakaye amakuru ko urujya n’uruza bisanzwe bigaragara ku mupaka wa Rubavu uhuza u...
Abanyamuryango bibumbiye muri Koperative ikora ubucuruzi bwambukiranya imipaka batwara imizigo ku magare, barataka ko batewe igihombo gikabije no kuba igihugu cy’abaturanyi cya Repubulika ya...
Mu gitondo cyo ku wa kane tariki ya 25 Nyakanga 2019, mu ishuri rikuru rya Polisi (NPC: National Police College) riherereye mu karere ka...
Mu ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru tariki ya 20-21 Nyakanga 2019, mu mukwabu wakozwe na Polisi y’u Rwanda, hafashwe moto zigera...
Mu kiganiro n’itangazamakuru, Umuyobozi w’Akarere ka Kicukiro yatangaje ko mu mihigo y’umwaka w’ingengo y’imari 2018-2019; ibimaze gushyirwa mu bikorwa biri ku kigero gishimishije kandi...
Abakobwa biga muri Kaminuza bagahitamo kugurana ubuzima bwabo amanota biyangiriza ejo habo hazaza n’ah’igihugu kuko iyo ageze hanze kw’isoko ry’umurimo nta musaruro atanga kuko...
Kaminuza y’Ubukerarugendo, ikoranabuhanga n’ubucuruzi (UTB), yiyemeje umuhigo wo guhugura nibura abantu 2000 buri mwaka mu ikoranabuhanga, abo bakazaba ari abakiri ku ntebe y’ishuri ndetse...
Itorero Inyamibwa ribyina imbyino za gakondo risusurutsa abashyitsi basuye Umurenge wa Bweyeye wo mu karere ka Rusizi, rigizwe n’ababyinnyi bagera kuri mirongo itandatu (60),...
Abaturage b’akarere ka Rwamgana ho ntara y’Iburasirazuba barishimira ibyo ubuyobozi bukomeje kubagezaho, bituma badasigara inyuma mu iterambere kimwe n’abandi banyarwanda. Ku wa gatatu tariki...