Amakuru
Mu bikorwa byo gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge mu gihugu, Polisi yo mu Mujyi wa Kigali ku makuru yatanzwe n’abaturage, yafatanye umusore witwa Dushimimana Gratien...
Hi, what are you looking for?
Mu bikorwa byo gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge mu gihugu, Polisi yo mu Mujyi wa Kigali ku makuru yatanzwe n’abaturage, yafatanye umusore witwa Dushimimana Gratien...
Mu nkengero z’umugi wa Gisenyi mu mudugu wa Gafuku, akagari ka Gikombe, Umurenge wa Rubavu mu gitondo cyo kuri uyu wa 20 Kanama 2018,...
Umugore ukomoka mu karere ka Kicukiro ubu afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Nyagatare akurikiranyweho gushaka guha ruswa umupolisi kugira ngo afungure umugabo w’inshuti...
Abagore bahagarariye abandi mu makoperative atandukanye kurwego rw’Intara y’Iburasirazuba barasabwa gufata iya mbere bakarwanya ihohoterwa rikorerwa mu muryango, kuko ingaruka aribo zigeraho cyane. Mu...
Ku itariki ya 13 Kanama 2018, mu karere ka Nyagatare hateraniye inama y’umutekano yaguye yitabiriwe n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge n’utugari, abagize njyanama y’akarere, abahagarariye abikorera...
Polisi y’u Rwanda iratangaza ko umutekano wifashe neza mu gihugu hose, ikanizeza abaturarwanda gukomeza kuwubungabunga no muri iki gihe igihugu cyinjiye mu bihe by’amatora y’abadepite;...
Kuri uyu wa kane tariki ya 9 Kanama 2018, imbere ya Perezida wa Repubulika Paul Kagame, Minisitiri w’Intebe yatangazaje uko uturere twakurikiranye mu kwesa...
Polisi ikorera mu karere ka Ngororero, ku itariki ya 07 Kanama uyu mwaka, mu masaha y’igicamunsi yafashe moto bikekwako yari injurano biturutse ku makuru...
None ku wa Gatatu, tariki ya 08 Kanama 2018, Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro...
Mu rwego rwo guhuza hamwe icyerekezo kimwe ku mihigo, Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwahuriye hamwe n’ibyiciro bitandukanye birimo abanyamabanga Nshingwabikorwa,abayobozi n’amashami ku rwego rw’Akarere...
Nibura uruhinja rwagombye konka nyuma y’isaha rukimara kuvuka. Raporo nshya y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF) igaragaza ko abana miliyoni 78 bahura n’ibibazo...
Kuruhuka no kwidagadura ni bimwe mu bigize ubuzima bw’umuntu mu gihe ashoje akazi yari arimo; ariko buri wese aba yifuza kuruhukira cyangwa kwidagadurira aho...
Nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ku wa 6 Kanama 2018, mu bakandida bigenga, bane ni bo bemejwe ni Ntibanyendera Elissam Salim, Sebagenzi Ally Hussein, Mpayimana...
Nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’igihugu y’amatora ku wa 6 Kanama 2018, abakandida 302 bahatanira kujya mu nteko ishinga amategeko batanzwe n’imitwe ya Politiki. Umuryango...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 6 Kanama 2018, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yashyize hanze urutonde ndakuka rw’abahatanira kujya mu nteko ishinga amategeko. Mu bakandida...