Amakuru
Rwanda is to become the official tourism partner of Arsenal and the Premier League football club’s first ever shirt sleeve partner. The three-year partnership...
Hi, what are you looking for?
Rwanda is to become the official tourism partner of Arsenal and the Premier League football club’s first ever shirt sleeve partner. The three-year partnership...
«Kwandika igitabo ku rugendo rw’ubuzima bwanjye kuva mvutse no ku nzira y’umusaraba nanyuzemo muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse n’imibereho yanjye nyuma, ni kimwe mu...
Mu mpera z’icyumweru gishize, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyagatare yakoze umukwabu ifata moto indwi zipakiye ibiyobyabwenge n’inzoga zitujuje zitemewe. Umuvugizi wa Polisi...
Abagabo batanu bari mu maboko ya Polisi bakurikinyweho kwiba Amadolari ya Amerika angana na 22,100 n’ibihumbi Magana abiri by’amafaranga y’u Rwanda; bikekwa kuba barayibye...
Uwabaye muri Opération Turquoise ngo ntagoheka kubera ibyo yabonye muri jenoside yakorewe abatutsi muri 1994. N’ubwo adashinja mu bujurire bwa Ngenzi Octavien na Tito...
Ku wa kabiri tariki ya 15 Gicurasi 2018, iburanisha mu rubanza rwa Octavien Ngenzi na Tito Barahira ryibanze ku buhamya bw’abashakashatsi bahamagajwe n’urukiko kugira...
Mu murenge wa Jomba uherereye mu karere ka Nyabihu, abagore bavuga ko gusobanukirwa n’ububasha bifitemo byatumye bitinyuka bakishakamo izindi mbaraga. Bityo ngo gufatanya n’abagabo...
Ntibisanzwe bimenyerewe ko abanditsi b’Abanyarwanda bibanda ku nkuru zishushanyije zivuga ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Umunyamuziki yahisemo kunyuza inganzo ye mu ndirimbo ariko...
Abatishoboye bo mu murenge wa Mahama, akarere ka Kirehe mu ntara y’Iburasirazuba, bishimira ko ubuzima bwabo bwahindutse kandi bafite icyizere cyo kubaho neza. Ibi...
“Ubunyamwuga ni ikimenyetso cy’iterambere, ni ikimenyetso cy’uko nshobora kugera ku byo nshaka kugeraho mu mahoro, nta gihe ntakaje kandi nta byinshi ntanze cyangwa nangiza...
Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) mu Rwanda, Nicola Bellomo, ubwo hizihizwaga Umunsi Mukuru w’ibihugu by’i Burayi, mu mugoroba wo ku wa 9 Gicurasi...
Uwera Priscille w’imyaka 30 wahoze ari umukozi ishinzwe isomero mu Kigo cy’ishuri cya G.S Muhato giherereye mu murenge wa Gisenyi mu karere ka Rubavu,...
Bitarenze amezi ane, Akarere ka Ngoma ko mu Ntara y’Iburasirazuba mu Rwanda kazaba kamaze gukemura ikibazo cy’abaturage batishoboye batagira inzu zo kubamo. Ibi ni...
Ku cyumweru tariki ya 6 Gicurasi 2018, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gatsibo ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage bangije...
Mu cyumweru kimwe Ikigo cya Polisi y’u Rwanda gishinzwe gusuzuma ubuziranenge bw’imodoka (Motor Vehicle Inspection Center (MIC)) kimaze mu Ntara y’Amajyaruguru cyasuzumye imodoka 1,056;...