AMATORA 2018
Ubwo Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa muntu -PL, ryakomezaga igikorwa cyo kwamamaza abakandida baryo bahatanira kuba abadepite, iri shyaka ryemereye abatuye Akarere ka Burera...
Hi, what are you looking for?
Ubwo Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa muntu -PL, ryakomezaga igikorwa cyo kwamamaza abakandida baryo bahatanira kuba abadepite, iri shyaka ryemereye abatuye Akarere ka Burera...
Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage, PSD, rivuga ko abaturage nibarigirira icyizere rikabona imyanya mu Nteko Ishinga Amategeko, rizaharanira ko hazashyirwaho banki iteza imbere...
Muri iki gihe hirya no hino mu gihugu hakomeje ibikorwa byo kwiyamamariza kujya mu nteko ishinga Amategeko, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora itangaza ko nta muyobozi...
Komisiyo y’Igihugu y’amatora –NEC, itangaza ko mu rwego rwo gufasha abari kwa muganga mu bihe by’amatora, hateganyijwe ibiro by’itora bishya bizashyirwa ku bitaro hirya...
Ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD) ryijeje abatuye Akarere ka Gatsibo ko impeshyi itazongera kuba imbogamizi mu buhinzi bw’umuceri bakora, kuko nibayitora, amazi yo...
Nibyari bisanzwe ko umwari w’imyaka makumyabiri n’ibiri yagira icyerekezo cyo guhatana mu bagore bashaka kwinjira mu nteko ishinga amategeko. Ariko biturutse ku cyizere yifitemo...
Mu gihe ibikorwa byo kwiyamamaza bikomeje abakandida depite bo mw’Ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage-PSD, bavuga ko bazashyiraho umunsi w’igitabo mu rwego rwo kuzamura...
Ishyaka riharanira demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage PSD, ubwo ryiyamamarizaga mu karere ka Rubavu ku wa 18 Kanama 2018, ryasabye abaturage gukomeza gushyira imbaraga...
Ubwo Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa muntu –PL, ryakomezaga igikorwa cyo kwamamaza abakandida baryo bahatanira kuba abadepite, ryemereye abanyarubavu na Rutsiro ko nibariha amajwi...
NIMERO YA 5 KU RUTONDE RW’ABAKANDIDA BAZATORWA MU BAGORE INTARA Y’IBURASIRAZUBA IRIBAGIZA LYDIE afite imyaka 39, arubatse, n’uwo bubakanye Imana yabahaye abana bane....
Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa muntu (PL) riravuga ko abakandida baryo nibabasha kwinjira mu nteko ishinga amategeko, bimwe mu byo bazibanda ho n’ukongera serivisi...
Ishyaka Riharanira Demokarasi n’imibereho Myiza y’Abaturage –PSD, rivuga ko guhuza igenzamigambi ry’ubuhinzi n’ubworozi bituma hari kimwe kiburira mu kindi cyane cyane ko ubworozi usanga...
Mu gihe igikorwa cyo kwiyamaza kw’abakandida Depite bahatanira kwinjira mu nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, ku wa gatatu 15 Kanama 2018, wari umunsi wa...
Ibikorwa by’iterambere bigaragara hirya no hino mu karere ka Gasabo n’ahandi hose mu gihugu, kugira igihugu kigendera ku mategeko n’imiyoborere myiza nibyo shingiro ryo...
Hon. Mukabalisa Donatila Perezida w’Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa muntu –PL, ari na we uyoboye urutonde rw’abakandida depite batanzwe n’iri shyaka, yasabye abatuye umurenge...