Amakuru
Ashingiye ku itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 153, iya 86 n’...
Hi, what are you looking for?
Ashingiye ku itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 153, iya 86 n’...
Hakenewe imfashanyigisho abantu bagenderaho kuko hari abagabo batita ku bana babo kuko nta makuru bafite. Hakenewe kandi ubufatanye bw’inzego zose mu bukangurambaga kugira ngo...
Mu rubanza rwa Neretse Fabien uburanishirizwa i Buruseli (bruxelles) mu Bubiligi, ku munsi warwo wa 17 mu rukiko habonetse umutangabuhamya utarigeze abazwa mu iperereza....
Bamwe mu bafite ubumuga bashima ko mu Rwanda hashyizweho amategeko, amabwiriza ndetse na gahunda zitandukanye bigamije kurengera uburenganzira bw’abafite ubumuga mu buzima bwabo bwa...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rita ku buzima (OMS/WHO) rirashimira u Rwanda imbaraga n’umuhate rwashyize mu rugamba rwo kurwanya icyorezo cya SIDA n’izindi ndwara cyane cyane...
Kuri uyu wa Gatandatu wa nyuma w’Ukwezi k’Ugushingo 2019, Perezida Paul Kagame na Madamu we Jeannette Kagame bifatanyije n’abaturage batuye Akagari ka Rugando mu...
Ku wa Gatanu tariki ya 29 Ugusyingo 2019, Madamu wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame yitabiriye inama ya Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro, yateguwe na Kiliziya...
Itangazo ryatanzwe n’Umuhesha w’Inkiko w’umwuga ku wa 27 Ugushyingo 2019, rirahamagarira abantu bose babishaka, kwitabira cyamunara izaba ku wa kabiri tariki ya 3 Ugushyingo...
None ku wa Kane, tariki ya 28 Ugushyingo 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME....
Kuva ku wa 28 kugeza ku wa 29 Ukuboza 2019, Abasenateri bateguye umwiherero, aho bazaganira ku buryo bw’imikorere n’imikoranire mu gutunganya inshingano za Sena...
Kuva ku wa mbere tariki ya 25 kugeza ku wa 27 Ugushyingo 2019 mu Rwanda hateraniye inama mpuzamahanga ku buringanire n’ubwuzuzanye hagati y’abagabo n’abagore...
Ku cyumweru tariki ya 24 Ugushyingo 2019, ahagana saa yine n’igice z’ijoro ni bwo itsinda ry’impunzi n’abimukira 117 bo muri Libya ryageze ku kibuga...
Mu gusoza amarushanwa mu mikino ngororamubiri y’abana batarengeje imyaka 15, ku wa 24 Ugushyingo 2019 yabereye kuri Stade Cyasemakamba mu karere ka Ngoma, Akarere...
Mu gice cya mbere cy’Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda, N° 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018, twabagejejeho ibigengwa n’iri tegeko ndetse n’ibisobanuro by’amagambo akoreshwamo. Mu...
Ababyeyi bayobotse Ikigo mbonezamikurire y’abana bato bishimira ko abana bagezemo bahabwa uburere bwiza kandi bakiyungura ubumenyi, hakiyongeraho no kugira ubufatanye mu kubategurira indyo yuzuye...