Inkuru nyamukuru
Imiryango yabaye indashyikirwa ku kwita kw’isuku no kurwanya imirire mibi yo mu mirenge ya Nyarugenge na Shyara yo mu karere ka Bugesera, yahawe inkunga...
Hi, what are you looking for?
Imiryango yabaye indashyikirwa ku kwita kw’isuku no kurwanya imirire mibi yo mu mirenge ya Nyarugenge na Shyara yo mu karere ka Bugesera, yahawe inkunga...
Imishinga cumi n’umunani (18) ya ba rwiyemezamirimo bato mu ikoranabuhanga bagitangira imaze guterwa inkunga binyuze mu masomo bahabwa mu gihe cy’amezi atandatu na gahunda...
Kuva tariki ya 11 kugeza ku ya 20 Kamena 2019, abantu banyuranye batonyijwe nk’inararibonye mw’Itorero rya ADEPR bagera ku 123 bahuriye, ku minsi inyuranye,...
Abakora uburaya bo mu mujyi wa Kamembe mu karere ka Rusizi, bazwi ku izina “Abatabazi” bahamya ko agakingirizo ari intwaro badashobora kwibagirwa mu gihe...
Ubushakashatsi burimo gukorwa n’Impuzamiryango nyarwanda iharanira uburenganzira bwa Muntu (CLADHO), irakora ubushakashatsi harebwa niba amategeko u Rwanda rwashyizeho n’ingamba zafashwe mu kurengera umwana w’umukobwa...
Nyuma y’inkuru yasohotse mu Mvaho Nshya no muri Panorama, Profesa Malonga yibaza ndetse agaragaza ko mu Rwanda ibyo gukora ibirori by’ubukwe inshuro nyinshi harimo...
Ni umunsi wizihizwa ubusanzwe ku wa 21 Nzeri buri mwaka, ku rwego rw’Isi; mu Rwanda ukaba wizihijwe ku wa 27 Nzeri 2019, ufite insanganyamatsiko...
Hagati ya saa tatu na saa yine z’ijoro zo ku wa Kane tariki ya 26 Nzeri 2019 ni bwo impunzi 66 ziturutse muri Libya...
Mu gihe mu karere ka Bugesera hakomeje kugaragara umubare munini w’abana bata ishuri, hatangijwe umukwabu wo gushakisha no gufata abana bataye amashuri, ndetse no...
Ikigo kigenga gicunga umutekano w’abantu n’ibintu -AGESPRO, kirashimirwa ko abakozi bacyo bakora kinyamwuga imirimo bashinzwe, byose bituruka ku kuba gifata iya mbere mu kubaha...
Kuva muri Mutarama kugeza muri Kanama 2019, ni ukuvuga mu mezi umunani gusa, abantu bagera ku 1170 nibo bamaze gufatwa barengeje igipimo cya alukoro...
Abahagarariye urubyiruko baturutse mu turere twose tw’igihugu no mu mashuri, biteguye guhura n’abayobozi bakuru b’igihugu mu nzego zitandukanye, bungurana ibitekerezo no gusangira ubunararibonye mu...
Abantu batandatu batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda, ku wa 17 Nzeri 2019, bacukura amabuye y’agaciro mu mugezi witwa Rutamba, uherereye mu murenge...
Sosiyete izobereye mu bwubatsi bw’amazu agezweho yitwa Workers Affordable Properties (WAP) yatangije umushinga mugari wo kubaka inzu zigezweho kandi zihendutse ku buryo buri muntu...
Mu minsi itatu gusa, kuva ku wa gatanu tariki ya 13 kugeza ku cyumweru tariki ya 15 Nzeri 2019, abashoferi 144 bafashwe batwaye ibinyabiziga...