Inkuru nyamukuru
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) itangaza ko imibare yavuye mu ibarura ryakozwe mu mpera z’umwaka wa 2018, igaragaza ko ingo 81.3 ku ijana mu banyarwnda...
Hi, what are you looking for?
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) itangaza ko imibare yavuye mu ibarura ryakozwe mu mpera z’umwaka wa 2018, igaragaza ko ingo 81.3 ku ijana mu banyarwnda...
Ku mugoroba wo ku wa 4 Ugushyingo 2019, Perezida Paul Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma y’u Rwanda, Dr. Vincent Biruta yakuwe muri Minisiteri y’ibidukikije...
Raporo ku bipimo by’imiyoborere mu Rwanda yakozwe n’Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere (RGB) ya 2018, yamuritswe ku wa 31 Ukwakira 2019, igaragaza ko hari inkingi zishingirwamo...
Ibi bintu byo kuganira no kwishongoranaho hagati y’abafana n’abayobozi b’amakipe y’umupira w’amaguru mu Rwanda, umupira utaraba cyangwa warabaye, kandi bikajya mu itangazamakuru ry’ubwoko bwose, mbona...
Ndagira nsanze naseruka, Njye Nyir’uruhanga rw’umuhago, Nyirimpesha y’Intambwe idasobanya N’umuriri w’intore intoranywa Ntangiye mpunga mu bisigo. Ndumva Inganzo inkirigita Mbwire mwese munyumva Mwe...
Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura (RMC: Rwanda Media Commission) na bamwe mu banyamakuru bavuga ko Guverinoma ikwiye kugenera Itangazamakuru ingengo y’imari, kuko rikwiye gufatwa nk’urwego ruha...
Amakimbirane yo mu ngo ndetse no gukoresha ibiyobyabwenge bigira uruhare runini ku ihungabana ry’abana. Ibi kandi ni kimwe mu bishobora gutera uburwayi bwo mu...
None ku wa Kane, tariki ya 10 Ukwakira 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniyemuri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama...
Kutagira amakuru ahagije ku “Nyungu rusange” hamwe nicyo bakora igihe batanyuzwe n’igenagaciro ryakozwe ni zimwe mu mpamvu zituma bamwe bimuwe ku mpamvu z’inyungu rusange...
Ku munsi wa kabiri wa Shampiyona y’Umupira w’amaguru mu Rwanda, ikipe ya Etincelles iyoboye urutonde n’amanota atandatu (6) kuko yatsinze imikino yombi uko ari...
Abanyeshuri n’ababyeyi bo mu karere ka Bugesera mu mirenge yatangijwemo gahunda yo kwigisha hifashishijwe imikino, barahamya ko iyi gahunda izamura ubusabane mu babyenshuri no...
Imiryango yabaye indashyikirwa ku kwita kw’isuku no kurwanya imirire mibi yo mu mirenge ya Nyarugenge na Shyara yo mu karere ka Bugesera, yahawe inkunga...
Imishinga cumi n’umunani (18) ya ba rwiyemezamirimo bato mu ikoranabuhanga bagitangira imaze guterwa inkunga binyuze mu masomo bahabwa mu gihe cy’amezi atandatu na gahunda...
Kuva tariki ya 11 kugeza ku ya 20 Kamena 2019, abantu banyuranye batonyijwe nk’inararibonye mw’Itorero rya ADEPR bagera ku 123 bahuriye, ku minsi inyuranye,...
Abakora uburaya bo mu mujyi wa Kamembe mu karere ka Rusizi, bazwi ku izina “Abatabazi” bahamya ko agakingirizo ari intwaro badashobora kwibagirwa mu gihe...