Amakuru
Abanyamuryango bibumbiye muri Koperative ikora ubucuruzi bwambukiranya imipaka batwara imizigo ku magare, barataka ko batewe igihombo gikabije no kuba igihugu cy’abaturanyi cya Repubulika ya...
Hi, what are you looking for?
Abanyamuryango bibumbiye muri Koperative ikora ubucuruzi bwambukiranya imipaka batwara imizigo ku magare, barataka ko batewe igihombo gikabije no kuba igihugu cy’abaturanyi cya Repubulika ya...
Mu kiganiro n’itangazamakuru, Umuyobozi w’Akarere ka Kicukiro yatangaje ko mu mihigo y’umwaka w’ingengo y’imari 2018-2019; ibimaze gushyirwa mu bikorwa biri ku kigero gishimishije kandi...
Kaminuza y’Ubukerarugendo, ikoranabuhanga n’ubucuruzi (UTB), yiyemeje umuhigo wo guhugura nibura abantu 2000 buri mwaka mu ikoranabuhanga, abo bakazaba ari abakiri ku ntebe y’ishuri ndetse...
Babikuye ku ndangagaciro yo kwishakamo ibisubizo, binyuze mu bitekerezo mu masibo, aborozi bo mu murenge wa Nkungu, Akarere ka Rusizi, bishyize hamwe batangira gahunda...
Kugeza magingo aya mu Rwanda habarurwa amakoperative afite ubuzimagatozi agera ku 9,706 abarurwamo abanyamuryango basaga gato miliyoni eshanu (5,000,028). Ayo makoperative afite umutungo usaga...
Abaturage b’akarere ka Rwamgana ho ntara y’Iburasirazuba barishimira ibyo ubuyobozi bukomeje kubagezaho, bituma badasigara inyuma mu iterambere kimwe n’abandi banyarwanda. Ku wa gatatu tariki...
Ikibazo cya serivisi mbi itangwa ku rwego rw’akagari mu karere ka Nyagatare kubera ko ahenshi abakozi batuzuye kandi bagira inshingano nyinshi, kiza ku isonga...
«Ihuriro ni i Huro!» Uyu mugani umenyerewe cyane mu mateka y’u Rwanda ariko kandi si amarenga aka gace karahari. Huro ni akagari ko mu...
Umushinga“Hinga Weze”, uterwa inkunga n’umuryango w’Abanyamerika USAID ukomeje kwagura ibikorwa byo gufasha abahinzi, cyane cyane abakiri bato, kwiteza imbere no kongera umusaruro w’ubuhinzi binyuze...
Urubyiruko rwibumbiye muryango ugamije kurinda ibyagezweho no kubaka Ndi umunyarwanda binyuze mu burere mboneragihugu no mu mibereho myiza (YURI: Youth Unit Rwanda Imihigo), bishimira...
Mu gihe abagore bakora imishinga iciriritse batari bafite ikigo k’imari kihariye kibaha inguzanyo, ku wa 21 Kamena 2019, mu murenge wa Kimironko, Akarere ka...
Bamwe mu batuye umurenge wa Sake, mu karere ka Ngoma basaba ko gutanga amakuru ashingirwaho kugira ngo umuturage ashyirwe mu kiciro cy’Ubudehe byajya bikorerwa...
Mu rwego rwo kurushaho kumenya amateka y’u Rwanda ndetse ko gufata ingamba nshya mu kunoza serivisi batanga, abakozi basaga 200 ba Sosiyete y’u Rwanda...
None ku wa mbere, tariki ya 24 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME....
Mu irushanwa ngarukamwaka ry’amahoro rihuza amakipe y’abahoze ari abasirikare ryateguwe na Komisiyo y’Igihugu ishinzwe gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare (RDRC), ikipe...