Amakuru
Mu imurika ry’iryavuye mu bushakashatsi bwakoze n’Umuryango utegamiye kuri Leta ushinzwe kwimakaza ihame ry’uburinganire hagati y’abagabo n’abagore no guteza imbere imyumvire myiza y’umugabo (RWAMREC)...
Hi, what are you looking for?
Mu imurika ry’iryavuye mu bushakashatsi bwakoze n’Umuryango utegamiye kuri Leta ushinzwe kwimakaza ihame ry’uburinganire hagati y’abagabo n’abagore no guteza imbere imyumvire myiza y’umugabo (RWAMREC)...
Minisiteri y’uburezi yanzuye guhagarika gukomeza gutanga amasomo mu mashami y’ubuvuzi na Laboratwari muri Kaminuza ya Gitwe kuko ngo atujuje ibisabwa akazafungurwa ari uko abyujuje....
Imyanzuro y’Ibyemezo by’inama y’Abaminisiri yo ku wa 28 Mutarama 2019, iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, imyishi yibanze ku burezi irimo Kongera umushahara...
None ku wa Mbere, tariki ya 28 Mutarama 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye iyobowe na Nyakubahwa Paul KAGAME, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda. Inama...
Nyuma yo gutahuka bavuye mu mashyamba ya Repubulika ya demokarasi ya Congo (DRC), abagabo bakajyanwa i Mutobo, na ho imiryango yabo ikajyanwa mu nkambi...
Mu nama nyunguranabitekerezo izamara iminsi ibiri iteraniye i Kigali, kuva ku wa 17 Mutarama 2019, Ubushinjacyaha bukuru bwagaragaje icyaha cya ruswa nk’ikiri kw’isonga mu...
Abaturage bo mu mudugudu wa Kibare, mu kagari ka Nsinda, Umurenge wa Muhazi mu karere ka Rwamagana, barasaba ubuyobozi gukura mu kaga umukecuru witwa...
Ku wa Gatatu tariki ya 16 Mutarama 2019, abasenateri bagize Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano, basuye abayobozi bakuru muri Polisi y’u Rwanda bungurana ibitekerezo...
Kugira ngo umutekano w’abantu n’ibyabo urusheho kugenda neza, Polisi y’u Rwanda yashyizeho ishami rikoresha imbwa rizwi ku izina rya “Canine Brigade”. Izi mbwa zikaba...
Abagore batuye mu murenge wa Kimihurura barasabwa kwitinyuka buri wese akikuramo imyumvire ko yatera imbere ari uko akoresheje amafaranga menshi, ahubwo bakumva ko umuntu...
Rwanda Inspiration Back Up itegura iri rushanwa yatangaje ko guhera mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019, abazatorwa nk’ibisonga bya Nyampinga w’u Rwanda, nabo...
Ibitaro bya Gisirikare by’u Rwanda biri i Kanombe, byatoranyijwe ngo bijye bihugura abaganga bavura ubusembwa bw’umubiri mu izina ry’Ishuri rikuru ryigisha kubaga ry’Umuryango uhuza...
Ubuyobozi bukuru bwa ADEPR burashinjwa na bamwe mu bakirisito kubayoboza igitugu, gucecekesha abashaka kugaragaza akarengane kagirirwa bamwe mu bashumba n’abakirisito, ndetse no kwirukana abo...
Itsinda ry’abadepite batangiye uruzinduko mu karere ka Ngoma ku wa Gatatu tariki ya 9 Mutarama 2019. Mu bibazo byagaragajwe n’ubuyobozi bw’akarere, harimo ikibazo cy’idindira...
Umuryango utegamiye kuri Leta uharanira uburenganzira bwa muntu, MPDEH (People’s Movement for Human Right Education) uratangaza ko abana bakomeje kugaragara mu mirimo ivunanye yo...