Inkuru nyamukuru
Bishyize hamwe ari bane, Caline, Adda, Regis na Laissa mu rwego rwo kwihangira umurimo, bashinze ikigo CARL Group gitunganya umusaruro uvuye mu bijumba, bakora...
Hi, what are you looking for?
Bishyize hamwe ari bane, Caline, Adda, Regis na Laissa mu rwego rwo kwihangira umurimo, bashinze ikigo CARL Group gitunganya umusaruro uvuye mu bijumba, bakora...
Mu Rwanda hatangijwe uburyo bushya bwo kwipima SIDA bwiswe ‘ORAQUICK Hiv Self-Test’ aho ukoza agakoresho ku shinya ukamenya niba uri muzima cyangwa waranduye. Ushaka...
Abibumbuye mu rugaga nyarwanda rw’abanduye virusi itera SIDA (RRP+), bishimira kuba barashoboye kwishyira hamwe ariko kandi bakanishimira kuba bafite ikizere cyo kubaho igihe kirekire...
Uburyo bwo kwinjiza gahunda zo kuboneza imbyaro mu kiciro cy’ingimbi n’abangavu, cyavugishije abatari bake ubwo Minisitiri w’Intebe yasobanuriraga abasenateri ko ari kimwe mu byafasha...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 Ukuboza 2018, Ikipe ya Manchester United yashyize hanze ubutumwa bugenewe itangazamakuru, igaragaza ko yamaze...
Nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 mu ngingo yaryo ya 140, kuva ku itariki ya 13...
Aya makuru yatangajwe na Amb Olivier Nduhungirehe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga. Yatangajwe kandi na christoph vogel umushakashatsi ku makimbirane mu karere...
“Umukoresha ubuza umugenzuzi w’umurimo kwinjira mu kigo, uwanze kumuha amakuru, utitaba ihamagarwa, cyangwa udashyira mu bikorwa imyanzuro y’umugenzuzi w’umurimo, aba akoze ikosa ryo mu...
Aborozi bo mu karere ka Ngoma bahangayikishijwe n’ibura ry’imisemburo irindisha inka bikaba bibatera ibihombo, igihe inka yagize ibibazo byo gutinda cyangwa kwanga kurinda. Kugira...
Kwishyurirwa ibikenewe byose kugira ngo abana makumyabiri bakomoka mu miryango itishoboye bakomoka mu murenge wa Shyorongi, mu karere ka Rulindo, ni kimwe mu byaranze...
Biratunguranye kandi birashimishije kuba abaturage bavuye mu mujyi wa Kigali, bishakamo ubushobozi bakajya gushyigikira urugendo rw’ubuzima bw’abamugariye ku rugamba rwo kubohora igihugu, mu gihe...
Bamwe mu bahinzi b’umuceri mu gishanga cya Cyaruhogo mu karere ka Rwamagana bavuga ko umuceri beza ujyanwa mu nganda za kure aho batazi mu...
Ni ku kiyaga cya Mirayi. Urasanga umurima munini urimo, ku mutwe wawo, urutoki rutoshye cyane cyane nk’aho ari mu mvura yo mukwezi kwa kane....
Mu gihe byari igisubizo ku iterambere no kuva mu bwigunge byabo, ubwato butwara abagenzi na Hoteli bubakiwe ku Nkombo bisa n’ibyahombeye abahavuka. Ubwato ntibukora,...
Ikorwa ry’umuhanda nubwo risiga rifashije abaturage mu migenderanire myiza kubera ibikorwa remezo byizewe kandi bihamye biba byakozwe ariko kandi risiga n’ibibazo. Muri Nyamasheke, bamwe...