Amakuru
Nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 mu ngingo yaryo ya 140, kuva ku itariki ya 13...
Hi, what are you looking for?
Nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 mu ngingo yaryo ya 140, kuva ku itariki ya 13...
Aya makuru yatangajwe na Amb Olivier Nduhungirehe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga. Yatangajwe kandi na christoph vogel umushakashatsi ku makimbirane mu karere...
“Umukoresha ubuza umugenzuzi w’umurimo kwinjira mu kigo, uwanze kumuha amakuru, utitaba ihamagarwa, cyangwa udashyira mu bikorwa imyanzuro y’umugenzuzi w’umurimo, aba akoze ikosa ryo mu...
Aborozi bo mu karere ka Ngoma bahangayikishijwe n’ibura ry’imisemburo irindisha inka bikaba bibatera ibihombo, igihe inka yagize ibibazo byo gutinda cyangwa kwanga kurinda. Kugira...
Kwishyurirwa ibikenewe byose kugira ngo abana makumyabiri bakomoka mu miryango itishoboye bakomoka mu murenge wa Shyorongi, mu karere ka Rulindo, ni kimwe mu byaranze...
Biratunguranye kandi birashimishije kuba abaturage bavuye mu mujyi wa Kigali, bishakamo ubushobozi bakajya gushyigikira urugendo rw’ubuzima bw’abamugariye ku rugamba rwo kubohora igihugu, mu gihe...
Bamwe mu bahinzi b’umuceri mu gishanga cya Cyaruhogo mu karere ka Rwamagana bavuga ko umuceri beza ujyanwa mu nganda za kure aho batazi mu...
Ni ku kiyaga cya Mirayi. Urasanga umurima munini urimo, ku mutwe wawo, urutoki rutoshye cyane cyane nk’aho ari mu mvura yo mukwezi kwa kane....
Mu gihe byari igisubizo ku iterambere no kuva mu bwigunge byabo, ubwato butwara abagenzi na Hoteli bubakiwe ku Nkombo bisa n’ibyahombeye abahavuka. Ubwato ntibukora,...
Ikorwa ry’umuhanda nubwo risiga rifashije abaturage mu migenderanire myiza kubera ibikorwa remezo byizewe kandi bihamye biba byakozwe ariko kandi risiga n’ibibazo. Muri Nyamasheke, bamwe...
Indwara ya Kirabiranya yafashe urutoki mu karere ka Rwamagana yateje abahinzi n’akarere igihombo gikomeye, ku buryo ibitoki bigera ku masoko byagabanyutse cyane ndetse na...
Hari abajya bakurikirana imikino yo gukirana irimo abasore bafite amaboko n’ibituza bidasanzwe bakibaza ko ari amashusho y’amahimbano cyangwa ari abantu baremwe bidasanzwe. Siko biri...
Ku wa kabiri tariki ya 20 Ugushyingo 2018 abana batandatu (6) bo muri gereza y’abana ya Nyagatare, batangiye gukora ibizamini bisoza ikiciro cya mbere...
None ku wa Mbere, tariki ya 19 Ugushyingo 2018, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. 1. Inama y’Abaminisitiri...
Imibare igaragaza ko kuva muri Mutarama kugeza mu mpera z’Ukwakira 2018, abantu bagera kuri 437 bahitanywe n’impanuka, mu gihe abagera kuri 662 bakomeretse. Izi...