Imikino
Ikipe y’umukino wa Taekwondo ya Polisi y’u Rwanda “Police Taekwondo Club” yegukanye igikombe na ho ku mwanya wa kabiri na Dream Club yo mu...
Hi, what are you looking for?
Ikipe y’umukino wa Taekwondo ya Polisi y’u Rwanda “Police Taekwondo Club” yegukanye igikombe na ho ku mwanya wa kabiri na Dream Club yo mu...
Mu nama ngarukamwaka ihuza abari mw’ishyirahamwe ry’abarimu bigisha ururimi rw’icyongereza mu Rwanda (ATER), uyu mwaka yateraniye mw’ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) ku wa...
Nk’uko abanyarwanda bari mu minsi ijana yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Abarezi ndetse n’abanyeshuri b’ishuri ry’Urwunge rw’amashuri Camp Kanombe basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa...
Kudatatira igihango binyuze mu ndahiro “Ndi Umunyarwanda kandi nzabiharanira” ni igihango abanyeshuri ba APER Nyandungu bagize hagati yabo nyuma yo guhabwa ikiganiro kuri gahunda...
Ni ku rwego rw’Akagari, ku wa 2 Kamena 2018, inteko itora mu muryango FPR Inkotanyi yateranye. Abayitabiriye batangiye gusobanurirwa amategeko agenga amatora y’abazatorwamo abazajya...
Umunyamabanga Nshingabikorwa wa Komisiyo y’amatora, Munyaneza Charles, atangaza ko gukoresha abakorerabushake mu matora no kubika neza bimwe mu bikoresho byifashishwa mu matora, byatumye ingengo...
Mu Rukiko rw’ubujurire rw’i Paris, mu gihugu cy’Ubufaransa, iburanisha rigeze ku batangabuhamya ku bwicanyi bwo ku Kiliziya cya Kabarondo, ahiciwe abatutsi barenga 2000 bari...
Mu karere ka Karongi barishimira ko bazamuye imyumvire ku ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’abagore n’abagabo babikesheje inyigisho bahawe n’umuryango nyarwanda utari uwa Leta uharanira...
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ingufu n’amazi muri Minisiteri y’ibikorwaremezo (MINIFRA), Kamayirese Germaine, aravuga ko bitumvikana ndetse bitanakwiye ko nyuma y’imyaka 24 Jenoside yakorewe Abatutsi...
The Arsenal Football Club partnership is part of Rwanda’s long-term tourism development and conservation strategy that is grounded in Vision 2050 and EDPRS II....
Abanyeshuri barangije muri Kaminuza y’ubukerarugendo, ikoranabuhanga n’ubucuruzi (UTB: University of Tourism and Business studies) barasabwa kujya hanze bagiye kwiharira akazi cyane cyane agakorwa n’abanyamahanga kw’isoko...
«Kwandika igitabo ku rugendo rw’ubuzima bwanjye kuva mvutse no ku nzira y’umusaraba nanyuzemo muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse n’imibereho yanjye nyuma, ni kimwe mu...
Uwabaye muri Opération Turquoise ngo ntagoheka kubera ibyo yabonye muri jenoside yakorewe abatutsi muri 1994. N’ubwo adashinja mu bujurire bwa Ngenzi Octavien na Tito...
Ku wa kabiri tariki ya 15 Gicurasi 2018, iburanisha mu rubanza rwa Octavien Ngenzi na Tito Barahira ryibanze ku buhamya bw’abashakashatsi bahamagajwe n’urukiko kugira...
Itsinda rigizwe n’intumwa za DFID na Ikiraro project basuye ibikorwa bya Fiom Rwanda byo guteza imbere umwuga w’ubumvu mu karere ka Kayonza. Ibikorwa byasuwe...