Amakuru
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko u Rwanda ruri mu cyerekezo cyo kuba igicumbi cya serivise y’ubuvuzi, bitewe n’uko ruri mu rugendo rwo guteza imbere ubuvuzi,...
Hi, what are you looking for?
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko u Rwanda ruri mu cyerekezo cyo kuba igicumbi cya serivise y’ubuvuzi, bitewe n’uko ruri mu rugendo rwo guteza imbere ubuvuzi,...
Ikigo cya Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira ibyorezo (CDC) cyatangaje ko cyiteguye kohereza inzobere mu Rwanda ngo zifatanye n’itsinda ry’u Rwanda mu guhangana na...
Mu Rwanda hatangiye gutangwa urukingo rw’icyorezo cya Mpox, gikomeje guhangayikisha Isi by’umwihariko akarere k’ibiyaga bigari muri Afurika. Ni ibyatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima ku wa...
Mu gihe cy’itangira ry’abanyeshuri Minisiteri y’Ubuzima yibukije ibigo by’amashuri ko bikwiye kubahiriza gushyiraho ingamba zigamije gukumira ikwirakwira ry’ubushita bw’inkende muri uyu umwaka mushya w’amashuri....
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) gitangaza ko mu mwaka ushize wa 2023, abantu 67 ari bo bahitanwe na Malaria mu gihugu hose. RBC ivuga ko...
Bamwe mu bazi akamaro k’amashereka ku mwana bagaragaza ko konsa umwana kuva akivuka kugeza ku mezi atandatu (6), bimuha amahirwe yo gutangira ubuzima neza,...
Mu gihe politike y’u Rwanda yahaye agaciro abajyanama b’ubuzima. Bamwe mu bifuza serivise z’ubuzima ntibabikozwaga, ariko muri gahunda y’imyaka irindwi yo kwihutisha iterambere, uruhare...
Minisiteri w’Ubuzima itangaza ko abanyarwanda barenga 32 bamaze guhabwa serivise yo gusimburizwa impyiko mu Rwanda kandi byagenze neza. Iyi gahunda yatangijwe mu 2023 ubwo...
● Lung cancer remains the leading cause of cancer deaths worldwide, a situation worsened by late diagnoses and limited access to advanced medical care. In...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko indwara y’Ubushita bw’Inkende izwi nka Monkeypox cyangwa mpox, yamaze kugera mu Rwanda. Iki kigo gisaba abanyarwanda kwirinda...
Bien qu’il existe certaines maladies négligées, notamment la rougeole, à travers le pays, la direction de l’hôpital universitaire de Ruhengeri affirme que des mesures...
Umuvugizi w’ishyirahamwe ry’uburenganzira bw’abakora imibonano mpuzabitsina bafite ibitsina bimwe -WICECEKA-, Uwayezu Andrew, avuga ko igihe kigeze kugira ngo abantu bahindure imyumvire, banareke kwibasira ndetse...
Guverinoma y’u Rwanda yasinyanye amasezerano n’Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe Inkingo (IVI), yo kwakira icyicaro gikuru cyacyo muri Afurika. Nk’uko RBA dukesha iyi nkuru ibitangaza, aya...
Imiryango itandukanye yo muri sosiyete sivile ariko ikora ku buzima yahawe amahugurwa ku buryo yajya itangamo amakuru ajyanye n’ubuzima bw’imyororokere ndetse no gukuramo inda...
Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda ku bufatanye na Banki Nyafurika Itsura abajyambere (ADB: African Development Bank), hatangijwe ku mugaragaro umushinga uzafasha iterambere ry’urwego rw’imiti muri...