Amakuru
Bamwe mu bazi akamaro k’amashereka ku mwana bagaragaza ko konsa umwana kuva akivuka kugeza ku mezi atandatu (6), bimuha amahirwe yo gutangira ubuzima neza,...
Hi, what are you looking for?
Bamwe mu bazi akamaro k’amashereka ku mwana bagaragaza ko konsa umwana kuva akivuka kugeza ku mezi atandatu (6), bimuha amahirwe yo gutangira ubuzima neza,...
Mu gihe politike y’u Rwanda yahaye agaciro abajyanama b’ubuzima. Bamwe mu bifuza serivise z’ubuzima ntibabikozwaga, ariko muri gahunda y’imyaka irindwi yo kwihutisha iterambere, uruhare...
Minisiteri w’Ubuzima itangaza ko abanyarwanda barenga 32 bamaze guhabwa serivise yo gusimburizwa impyiko mu Rwanda kandi byagenze neza. Iyi gahunda yatangijwe mu 2023 ubwo...
● Lung cancer remains the leading cause of cancer deaths worldwide, a situation worsened by late diagnoses and limited access to advanced medical care. In...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko indwara y’Ubushita bw’Inkende izwi nka Monkeypox cyangwa mpox, yamaze kugera mu Rwanda. Iki kigo gisaba abanyarwanda kwirinda...
Bien qu’il existe certaines maladies négligées, notamment la rougeole, à travers le pays, la direction de l’hôpital universitaire de Ruhengeri affirme que des mesures...
Umuvugizi w’ishyirahamwe ry’uburenganzira bw’abakora imibonano mpuzabitsina bafite ibitsina bimwe -WICECEKA-, Uwayezu Andrew, avuga ko igihe kigeze kugira ngo abantu bahindure imyumvire, banareke kwibasira ndetse...
Guverinoma y’u Rwanda yasinyanye amasezerano n’Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe Inkingo (IVI), yo kwakira icyicaro gikuru cyacyo muri Afurika. Nk’uko RBA dukesha iyi nkuru ibitangaza, aya...
Imiryango itandukanye yo muri sosiyete sivile ariko ikora ku buzima yahawe amahugurwa ku buryo yajya itangamo amakuru ajyanye n’ubuzima bw’imyororokere ndetse no gukuramo inda...
Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda ku bufatanye na Banki Nyafurika Itsura abajyambere (ADB: African Development Bank), hatangijwe ku mugaragaro umushinga uzafasha iterambere ry’urwego rw’imiti muri...
Imibare ya Minisiteri y’ubuzima (MINISANTE) mu Rwanda igaragaza ko abana bafite ikibazo cy’imirire mibi mu Rwanda bangana na 30% by’abana bose. Kimwe mu byihutirwa...
Bamwe mu rubyiruko biganjemo abanyeshuri bo mu murenge wa Muhura mu Karere ka Gatsibo, bavuga ko kutaganirizwa n’ababyeyi babo ku buzima bw’imyororokere biri mu...
Abaturage bo mu murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare bavuga ko badatinya SIDA ahubwo baterwa impungege n’indwara y’imitezi ndetse n’izindi zandurira mu mibonano...
Abaturage bo mu murenge wa Rwimiyaga mu karere ka Nyagatare bavuga ko uburyo bwo kwipima bukigagaramo icyuho cyo kuba buri wese atarabusonukirwa ndetse n’igiciro...
RUKUNDO Eroge Ibigo nderabuzima byose byo mu karere ka Nyaruguru uko ari 16 byahawe imashini zipima abagore (Ecography) batwite hagamijwe kwita ku buzima bw’umwana...