Ubuzima
Umunyemari akaba n’Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Gates Foundation, Bill Gates, yashimye intambwe u Rwanda rumaze gutera mu gukoresha ikoranabuhanga mu rwego rw’ubuzima, nyuma yo...
Hi, what are you looking for?
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwasabye ibyamamare byigeze kwamamaza inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi nk’‘ibyuma’ gufatanya na Leta mu bukangurambaga bwo kuzihashya burundu, nyuma y’uko zigaragaje ingaruka...
Umunyemari akaba n’Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Gates Foundation, Bill Gates, yashimye intambwe u Rwanda rumaze gutera mu gukoresha ikoranabuhanga mu rwego rw’ubuzima, nyuma yo...
Urubyiruko rwo mu Karere ka Nyagatare rwasabwe kwitandukanya n’inzoga n’ibindi binyobwa by’inkorano, mu rwego rwo kurinda ubuzima no guteza imbere imibereho myiza y’abaturage. Ubu...
Urwego rw’ubuzima mu Rwanda rukomeje gutera imbere mu gukoresha ikoranabuhanga, aho ubu abaganga b’inzobere bashobora gufasha bagenzi babo kuvura cyangwa kubaga abarwayi batari kumwe,...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko ibihugu bya Afurika bikwiye kwihutisha uburyo bwo gukusanya no gusangizanya amakuru y’ubuzima, ashimangira ko ubwenge buhangano (AI)...
Abadepite bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage batangaje ko mu bice bitandukanye by’igihugu hakomeje kugaragara ubwiyongere bw’ubusinzi n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, by’umwihariko mu rubyiruko, basaba ko hafatwa ingamba...
Panorama Minisitiri w’ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana atangaza ko ikibazo cy’inzoga zitizuje ubuziranenge zikomeje guhitana ubuzima bw’abantu ari icyorezo mu bindi, kuko bimaze gufata indi...
Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS) bwa 2025 bugaragaza ko u Rwanda rukomeje kwandika amateka meza mu guteza imbere ubuzima bw’umwana, aho...
Jeanne d’Arc Munezero Dr. Habimana Mucyo Yves uyobora Ishami rishinzwe kurwanya igituntu mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), avuga ko indwara y’igituntu ari indwara...
Ubushakashatsi ku buzima n’imibereho y’abaturage mu Rwanda (RDHS) bwa 2025 bwerekana ko igihugu gikomeje gutera intambwe ishimishije mu rugamba rwo kurwanya Virusi itera SIDA,...
Nubwo amategeko y’u Rwanda abuza umuntu kwikuramo inda, hari ibihe byihariye ateganya ko umuganga wemerewe kubikora mu buryo bwubahirije amategeko. Ingingo ya 123 y’Itegeko...
Umubare w’abamaze gupfa bazize ubushyuhe bukabije bwibasiye u Bufaransa umaze kurenga 1.000, mu gihe iki gihugu gikomeje guhura n’ubushyuhe budasanzwe buri no kwibasira ibindi...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko ikibazo cy’inda ziterwa abangavu gikomeje kuba kimwe mu bibazo bikomeye byugarije ubuzima n’iterambere ry’urubyiruko, agaragaza ko buri...
Ubushakashatsi butandukanye ku buzima n’ibitotsi bugaragaza ko uburyo umuntu aryamamo bushobora kugira uruhare runini ku ireme ry’ibitotsi agira buri joro. Mu byo abahanga bagarukaho...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwongeye kwibutsa ababyeyi, abarimu n’abandi bafite inshingano zo kurera abana ko ibihano bikabije bishobora kubagiraho ingaruka zikomeye ndetse bikaba binanyuranyije...
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko igiye gutangira kugabanya inkunga yahaga Afurika y’Epfo mu bikorwa byo kurwanya no kwita ku barwayi...