Ubuzima
Abavuzi gakondo basaba ko hajyaho itegeko ryafasha guca akajagari mu buvuzi bwifashisha iyi miti. Ikigo gishinzwe ubugenzuzi bw’imiti n’ibiribwa (FDA), cyo kiraburira abakoresha imiti...
Hi, what are you looking for?
Abavuzi gakondo basaba ko hajyaho itegeko ryafasha guca akajagari mu buvuzi bwifashisha iyi miti. Ikigo gishinzwe ubugenzuzi bw’imiti n’ibiribwa (FDA), cyo kiraburira abakoresha imiti...
Ubwo Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, (RBC), cyasozaga icyumweru cyahariwe kurwanya ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge mu Karere ka Huye, bamwe mu bagizwe imbata na byo, bakaba bari...
Kurya avoka uzisimbuje andi mavuta ashyirwa mu biryo, ‘Fromage’, cyangwa ukazisimbuza inyama ziba zabanje guca mu nganda mu bushakashatsi bushya bwakozwe bwagaragaje ko bikugabanyiriza...
Ku isi hose indwara ya kanseri ikomeje gukaza umurindi, dore ko iri no mu zihangayikishije cyane kuko nko muri Leta zunze ubumwe za Amerika...
Abantu bavuga ibitandukanye ku binyobwa byongera ingufu. Bamwe bavuga ko ari byiza ndetse ko bifasha umubiri, abandi babishinja ko byangiza ubuzima. Kugira ngo ubungabunge...
Ingano y’umunyu n’isukari bikenerwa ku munsi mu mubiri w’umuntu, igenda ihinduka bitewe n’ibyo akora cyangwa se bigaterwa n’uko agenda akura. Isukari irusha umunyu mu...
Sinizite (Sinusite) ni indwara yo kubyimbagana no gututumba ibinogo by’izuru (nasal cavities). Iyi ndwara iterwa akenshi na virusi, gusa sizo zonyine kuko na bagiteri...
Umuneke ni rumwe mu mbuto zikundwa n’abatari bake mu Rwanda ndese no hanze, rukaba runaboneka byoroshye mu banyarwanda ugereranyije na zimwe mu mbuto zindi...
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko umwana ukiri mu nda, ashobora kugira ikibazo, iyo umubyeyi yanduye COVID-19 atarakingiwe. Kuko iki cyorezo kibasira nyababyeyi, umwana aba aherereyemo,...
Mu kiganiro n’itangazamakuru, abafatanyabikorwa mu kurwanya ibiyobyabwenge, binyuze mu muryango ‘Purpose Rwanda’, bagaragaje uruhare Abanyarwanda basabwa mu kurwanya ingaruka ziterwa no kubatwa n’ibiyobyabwenge, mu...
Mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri, yateranye ku wa 26 Mutarama 2022, Prof Claude Mambo Muvunyi yemejwe nk’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima_RBC. Uyu muyobozi mushya asimbuye...
Kuva mu kwezi k’Ugushyingo 2021, aho u Rwanda rwashyiriye ingufu mu gukingira abaturage barwo icyorezo cya COVID-19, abarenga miliyoni 6 bamaze gukingirwa byuzuye. Bikaba...
Mu gitondo cyo ku wa 4 Werurwe 2021, imodoka z’ibitaro by’uturere hirya no hino mu gihugu, zatangiye gutwara inkingo za #COVID-19 kugira ngo zigezwe...
Mu gitondo cyo ku wa 3 Werurwe 2021, indege yikoreye inkingo 240.000 za AstraZeneca/Oxford SII zitangwa binyuze mu kigo cya COVAX yageze ku kibuga...
Mu gihe hagiye gutangira igihe cy’ubukonje ku batuye igice cy’isi cy’Amajyaruguru, Ishami ry’Umuryango w’Abimbumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) riraburira abantu ngo bafate inkingo z’ibicurane...