Ubuzima
Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (World Health Organization) yatangaje ko icyorezo cya Ebola gikomeje gukwira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Democratic no muri Uganda...
Hi, what are you looking for?
Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (World Health Organization) yatangaje ko icyorezo cya Ebola gikomeje gukwira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Democratic no muri Uganda...
Abajyanama b’ubuzima ni bamwe mu bakora byinshi kugira ngo bafashe abantu bingeri zose kugira ubuzima bwiza binyuze mu kubagira inama ndetse no kubavura indwara...
Mu Rwanda, imibare mishya igaragaza ko abantu bagana serivisi z’ubuvuzi bw’indwara zo mu mutwe bakomeje kwiyongera, ibintu byerekana ko iki kibazo kiri gufata indi...
Ku wa 27 Werurwe 2026, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ubuzima bwo mu Kanwa, wabereye mu Karere ka Gasabo, aho hibanzwe...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko igihugu kimaze kugera ku rwego rwo hejuru mu guhangana na virusi itera SIDA, aho cyarengeje intego ya 95-95-95 yashyizweho...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yavuze ko impinduka ziherutse gukorwa muri gahunda ya Mituweli zigamije kuyongerera imbaraga no kuyigira irambye, ko atari ugushyiraho umutwaro...
Muri uku kwezi kwa Werurwe, isi yose iri kwibanda ku bukangurambaga bwo kumenyekanisha no kwirinda indwara ya Colorectal Cancer, imwe mu ndwara za kanseri...
Abaturage b’Umujyi wa Kigali basabwe kugira uruhare rukomeye mu gukumira no kurandura indwara y’ibisazi by’imbwa, binyuze mu gukingiza imbwa no kuzitaho kugira ngo zitazerera....
Jackson Kwizera Abafatanyabikorwa bagira uruhare mu guteza imbere urwego rw’ubuzima bakomeje gutanga ibikoresho bitandukanye byifashishwa mu buvuzi. Muri bo harimo gahunda ya IMPALA ibinyujije...
Jackson Kwizera Abantu benshi bazi ko bicarbonate de soda cyangwa Baking Soda y’ifu ikoreshwa mu guteka cyane cyane mu migati n’ibindi biribwa. Ariko se...
Jackson Kwizera Indwara z’umutima ni zimwe mu zitwara ubuzima bw’abantu benshi ku isi. Icyakora, inkuru nziza ni uko nyinshi muri zo zishobora kwirindwa iyo...
Jackson Kwizera Indwara z’umutima zishobora kuba umutwaro ukomeye ku buzima. Abantu benshi batekereza ko izo ndwara ziza zitunguranye nta kimenyetso na kimwe umubiri wabanje...
Umusore wari ukiri muto kuko yari afite imyaka 20 y’amavuko yapfuye azize kunywa adakura ku munwa inzoga ityaye abantu bise ‘icyuma’. Yitwaga Fabrice Ishimwe...
Munezero Jeanne d’Arc Psoriasis ni indwara y’uruhu, ariko iyo itavuwe neza, ishobora guteza izindi ndwara. Ni indwara abantu benshi batazi neza kuko hari abayitiranya...
Raoul Nshungu Inzego z’ubuzima mu Rwandaziravuga zafashe ingamba nshya zo guhashya indwara ya Malariya, harimo no kuba uzajya ayisanganwa abagize umuryano we cyangwa se...