Ubuzima
Hari abantu benshi bavuga ko gukira ibikomere by’urukundo bidaterwa gusa n’igihe mwamaranye, ahubwo ko rimwe na rimwe umuntu mutandukana mutarageza ku nzozi mwari mufite...
Hi, what are you looking for?
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwasabye ibyamamare byigeze kwamamaza inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi nk’‘ibyuma’ gufatanya na Leta mu bukangurambaga bwo kuzihashya burundu, nyuma y’uko zigaragaje ingaruka...
Hari abantu benshi bavuga ko gukira ibikomere by’urukundo bidaterwa gusa n’igihe mwamaranye, ahubwo ko rimwe na rimwe umuntu mutandukana mutarageza ku nzozi mwari mufite...
Abaturage batatu bo mu Karere ka Rwamagana, barimo abakecuru babiri bafitanye isano ya hafi, bapfuye nyuma yo kunywa inzoga ya kanyanga bavuga ko bari...
Indwara z’umutima n’izindi ndwara zidakira zishobora kwiyongera cyane ku bantu bapfakaye, cyane cyane abagabo, nyuma y’urupfu rw’uwo bashakanye. Ibi ni ibyagarutsweho n’ubushakashatsi butandukanye bugaragaza...
Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko gahunda yo gushyiraho ikigo cyo gushyiramo abantu bagiye kwitabwaho mu gihe cy’icyorezo cya Ebola itagamije guteza impungenge,...
Abashakashatsi bo mu Bwongereza batangaje intambwe nshya mu rugamba rwo kurwanya kanseri, nyuma y’aho Ikigo Greywolf Therapeutics gikora ubushakashatsi ku miti cyashyize ahagaragara ibyavuye...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko imipaka ihuza igihugu na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gukora nk’ibisanzwe, ariko hashyizweho ingamba zikomeye zo kugenzura abantu...
Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (World Health Organization) yatangaje ko icyorezo cya Ebola gikomeje gukwira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Democratic no muri Uganda...
Abajyanama b’ubuzima ni bamwe mu bakora byinshi kugira ngo bafashe abantu bingeri zose kugira ubuzima bwiza binyuze mu kubagira inama ndetse no kubavura indwara...
Mu Rwanda, imibare mishya igaragaza ko abantu bagana serivisi z’ubuvuzi bw’indwara zo mu mutwe bakomeje kwiyongera, ibintu byerekana ko iki kibazo kiri gufata indi...
Ku wa 27 Werurwe 2026, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ubuzima bwo mu Kanwa, wabereye mu Karere ka Gasabo, aho hibanzwe...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko igihugu kimaze kugera ku rwego rwo hejuru mu guhangana na virusi itera SIDA, aho cyarengeje intego ya 95-95-95 yashyizweho...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yavuze ko impinduka ziherutse gukorwa muri gahunda ya Mituweli zigamije kuyongerera imbaraga no kuyigira irambye, ko atari ugushyiraho umutwaro...
Muri uku kwezi kwa Werurwe, isi yose iri kwibanda ku bukangurambaga bwo kumenyekanisha no kwirinda indwara ya Colorectal Cancer, imwe mu ndwara za kanseri...
Abaturage b’Umujyi wa Kigali basabwe kugira uruhare rukomeye mu gukumira no kurandura indwara y’ibisazi by’imbwa, binyuze mu gukingiza imbwa no kuzitaho kugira ngo zitazerera....
Jackson Kwizera Abafatanyabikorwa bagira uruhare mu guteza imbere urwego rw’ubuzima bakomeje gutanga ibikoresho bitandukanye byifashishwa mu buvuzi. Muri bo harimo gahunda ya IMPALA ibinyujije...