Mu rwego rwo kurangiza urubanza RCA 00008/2018/TGI/GSBO rwaciwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ku wa 28/09/2018 na RC 00930/2017/TB/KCY rwaciwe n’urukiko rw’ibanze rwa Kacyiru ku wa 29/1/2017;
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bos babyifuza ko ku wa Gatandatu tariki ya 05/01/2019 hazagurishwa muri cyamunara imitungo ya Rwamakuba Augustin na Mukandori Marie Theophile ikurikira:
Inzu iri mu kibanza UPI: 1/02/09/03/889, iherereye mu kagari ka Nyagatovu, Umurenge wa Kimironko, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali; cyamunarav ikazaba saa yine za mugitondo (10h00).
Hazagurishwa kandi kuri uwo munsi saa sita z’amanywa (12h00) inzu ifite UPI: 1/02/13/03/183, iherereye mu kagari ka Nyabisindu, Umurenge wa Remera, Akarere ka Gasabo.
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefoni igendanwa 0788307398 cyangwa akareba ku rubuga rutangazwaho imanza zirangizwa www.pba.co.org
Bikorewe I Kigali, ku wa 20/12/2018
Sé
Me Ndayobotse Silas
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga

MUNYAKAZI AUGUSTIN
February 4, 2019 at 17:22
INZU IRI NYAGATOVU