Amakuru
Inama y’Abaminisitiri yari iyobowe na Perezida Paul Kagame yanzuye ko mu ntangiriro za Gashyantare, 2026 hazaterana Inama y’Igihugu y’Umushyikirano. Yaherukaga kuba mu mwaka wa...
Hi, what are you looking for?
Inama y’Abaminisitiri yari iyobowe na Perezida Paul Kagame yanzuye ko mu ntangiriro za Gashyantare, 2026 hazaterana Inama y’Igihugu y’Umushyikirano. Yaherukaga kuba mu mwaka wa...
Panorama Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yajyanye u Bwongereza mu rukiko mpuzamahanga rw’ubuhuza rwo mu Buholandi, ibushinja kutubahiriza nkana amasezerano ibihugu byombi byagiranye, ariko...
Ku itariki ya 19 Mutarama, 2026 Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze umwarimu muri Kaminuza akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa abashukisha amafaranga ndetse...
Madamu Jeannette Kagame yari Umushyitsi mukuru mu muhango wo guha impamyabumenyi abanyeshuri barangije amasomo muri Kaminuza ya UGHA. Ni abanyeshuri 78 barangije amasomo y’ubuvuzi....
Umuyobozi Mukuru wa RSSB, Régis Rugemanshuro, yemeza ko umwaka wa 2025 usize umutungo wayo wikubye kabiri mu myaka itanu ishize ubu ukaba ari Miliyari...
Ndemera kandi nshima intego z’iri tegeko rishya rigenga ikoreshwa ry’umuhanda, zirimo kurengera ubuzima, kongera inshingano n’uburyozwe, no kuvugurura imicungire y’umutekano wo mu muhanda mu...
Panorama Sports Ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 18 Mutarama 2026, Ikipe y’umupira w’amaguru y’igihugu ya Senegali yegukanye igikombe cya Afurika 2025, nyuma...
Panorama Editorial Team The Senate has organized nationwide visits to meet citizens, aimed at reviewing activities that support the development of livestock, with particular...
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yasabye abakinnyi b’ikipe y’Igihugu kuzatsinda mu irushanwa ry’Igikombe cya Afurika kizabera i Kigali hagati ya tariki 21-31 Mutarama 2026....
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yakiriye impapuro yashyikirijwe na Maj. Gen. Joseph Nzabamwita, zimuhesha uburenganzira bwo guhagararira u Rwanda mu Burusiya. Mu kwezi k’Ukuboza 2024,...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yakiriye i Leung Chun-Ying, Umuyobozi Mukuru wa GX Foundation, umuryango mpuzamahanga uzwi cyane mu bikorwa by’ubugiraneza bifasha abantu mu...
FERWAFA yanzuye guhagarika Adel Amrouche wari umutoza w’Amavubi nyuma y’uko atubahirije ibikubiye mu masezerano, nk’uko biri mu itangazo yasohoye. Mu gitondo kuri uyu wa...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka k’ubuhinzi n’ubworozi (NAEB) cyamenyesheje abahinzi b’ikawa, inganda zitunganya ikawa n’abandi bafatanyabikorwa bose mu buhinzi bw’ikawa...
Abantu umunani nibo baguye mu mirwano yabaye ku Cyumweru tariki ya 11 Mutarama, 2026 hagati y’inyeshyamba za Bakata Katanga n’ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi...
Minisitiri w’Ibikorwa remezo, Jimmy Gasore, asobanura impamvu abatwara ibinyabiziga ntibemere guhagarara igihe babisabwe na polisi bazahanwa bikomeye mu itegeko rishya ry’umuhanda. Mu kiganiro yagiranye...