Amakuru
Panorama Perezida Paul Kagame agaragaza ko uko byagenda kose u Rwanda rutasubira aho rwavuye, kuko rwashaririwe bihagije bitewe n’amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi rwanyuzemo....
Hi, what are you looking for?
Panorama Perezida Paul Kagame agaragaza ko uko byagenda kose u Rwanda rutasubira aho rwavuye, kuko rwashaririwe bihagije bitewe n’amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi rwanyuzemo....
Panorama sports Stade Amahoro igiye gutangira gukorasha VAR (Video Assistant Referee). Amakuru agera ku Kinyamakuru Panorama, agaragaza ko kuva mu ntangiriro za Mutarama uyu...
Written by Malliavin NZAMURAMBAHO Rwanda’s religious landscape has undergone substantial transformation over the past century, influenced by both indigenous beliefs and the introduction of...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 8 Mutarama 2025, ikipe ya Police FC yatandukanye n’Umutoza wayo mukuru Mashami Vincent wari umaze imyaka ibiri n’igice...
Ufite ibirori haba ubukwe, isabukuru n’ibindi? Ukeneye kuruhuka ugataha washize amavunane? Ugeze Sake Beach mu karere ka Ngoma utaha wabaye mushya. Ni urugendo rw’iminota...
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire atangaza ko muri uyu mwaka wa 2025 hari nkingi eshatu iyi Minisiteri ishyize imbere, zikaba zizafasha igihugu gutera imbere...
L’Erythréen Biniam Girmay est le lauréat du Trophée du Cycliste africain 2024, il succède ainsi à son compatriote Henok Mulubrhan et devance le Sud-Africain...
Nta byiza nko gusoza no gutangirana umwaka umugisha w’urukundo. Ntibikiri ibanga ko i Kigali, Ukuboza ari ukwezi kwera ibirori by’ubukwe byiyongera ku byishimo bisanzwe...
Perezida Paul Kagame asaba abayobozi kujya bubahiriza ibyo baba barahiriye, abibutsa ko indahiro atari umugenzo gusa ahubwo ifite uburemere bwayo kandi bijyana n’inshingano baba...
Rev Kabayiza Louis Pasteur yatorewe kuba Musenyeri Mushya w’Itorero Angilikani ry’u Rwanda, EAR, muri Diyosezi ya Shyogwe, asimbuye Dr Jered Kalimba. Inama y’Abepiskopi yateranye...
Ku wa 17 Ukuboza 2024, Perezida Paul Kagame, yifashishije ikoranabuhanga, yagejeje ubutumwa ku bitabiriye igikorwa cyo gutangiza ikigo cy’ishuri ry’icyitegererezo cy’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita...
Yanditswe na Malliavin Nzamurambaho Mu Rwanda indwara zitandura (NCDs), zizwi kandi ku izina ry’indwara zidakira. Ni indwara zidakwirakwizwa n’abantu hagati yabo. Izi ndwara akenshi...
Panorama Ku wa mbere Tariki ya 02 Ukuboza 2024, Perezida wa Banki ya Asia ishinzwe guteza imbere ishoramari mu bikorwaremezo -AIIB, Jin Liqun, yasuye...
Fata Telefone yawe, ariko cyane cyane izigezweho, uretse ko n’izisanzwe zimenyerewe ku izina rya Gatoroshi bizireba. Reba abantu wanditsemo urasangamo abo mumaze igihe mutavugana...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko u Rwanda ruri mu cyerekezo cyo kuba igicumbi cya serivise y’ubuvuzi, bitewe n’uko ruri mu rugendo rwo guteza imbere ubuvuzi,...