Amakuru
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bakiriye muri Village Urugwiro Igikomangoma cya Wales Charles Philip, gihagarariye Umwamikazi w’u Bwongereza...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bakiriye muri Village Urugwiro Igikomangoma cya Wales Charles Philip, gihagarariye Umwamikazi w’u Bwongereza...
Perezida Paul Kagame witabiriye inama y’ihuriro ry’ubucuruzi mu Muryango wa Commonwealth, asanga ibihugu bigize uyu muryango bikwiriye gusangira n’iterambere ry’ubukungu kugira ngo bizagire ejo...
Abantu batari bake bibaza impamvu nyuma y’imyaka 61, aribwo Ababiligi bafashe icyemezo cyo kugarura iryinyo rya Patrice Emery Lumumba ndetse n’icyo bivuze. Dr Tito...
Bamwe mu bagore babashije kwihangira imirimo mu bucuruzi n’inganda, bakomeje kwishimira iterambere bamaze ku geraho rikomeye kandi bakishimira n’agaciro Leta y’u Rwanda iha umugore,...
Urubyiruko rwo mu bihugu byibumbiye mu muryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza (Commonwealt), rwagaragarije Leta na za Guverinoma z’ibyo bihugu, bimwe mu bibazo by’ingutu bibangamiye...
Umushinga wo Kubungabunga Imisozi n’Ibibaya (AREECA) watanze Imbabura 500 zirondereza Inkwi (Improved Cooking Stoves), ku miryango itishoboye yo mu turere twa Nyagatare na Kirehe....
Madamu Jeannette Kagame yavuze ko ku bufatanye n’ubushake bw’inzego zose, bishoboka kandi byihutirwa ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abagore n’abakobwa ryaranduka. Nk’uko tubikesha...
Ku mugoroba wo ku itariki ya 15 Kamena 2022, Abanyarwanda batuye mu Gihugu cya Gambia bibutse ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Kamena 2022 mu Karere ka Rubavu, umusirikare wa DRC yarasiwe ku kubata bw’u Rwanda arapfa....
Ubwo Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, (RBC), cyasozaga icyumweru cyahariwe kurwanya ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge mu Karere ka Huye, bamwe mu bagizwe imbata na byo, bakaba bari...
Kuri uyu wa kane tariki ya 16 Kamena 2022, mu rukiko rw’i Paris mu Bufaransa, humviswe umutangabuhamya wasabwe n’ubushinjacyaha mu rubanza Laurent Bucyibaruta ukurikiranweho...
U Rwanda nirwo ruteganijwe kuyobora ihuriro rya komisiyo z’uburenganzira bwa muntu mu muryango w’ibihugu bya Commonwealth, mu nama yatangiye i Kigali i. Kuri uyu...