Amakuru
Abageni 54 bo mu Mirenge ya Nyamabuye, Muhanga, Shyogwe na Cyeza yo mu karere ka Muhanga, bari bafite ibirori by’ubukwe muri Werurwe 2020, bafashe...
Hi, what are you looking for?
Abageni 54 bo mu Mirenge ya Nyamabuye, Muhanga, Shyogwe na Cyeza yo mu karere ka Muhanga, bari bafite ibirori by’ubukwe muri Werurwe 2020, bafashe...
Urwego rw’igihugu ngenzuramikorere (RURA) rwashyizeho amabwiriza asaba abamotari gukuraho ikirahuri ku ngofero zifashishwa n’abagenzi. Ni icyemezo abagenzi n’abakora uyu mwuga basanga kizafasha mu guhangana...
Mu gihe kwirinda kwegerana cyangwa gukoranaho ari rimwe mu mabwiriza abantu basabwa gukurikiza kugira ngo barusheho kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Koronavirusi (COVID-19), aho abantu bategera...
Mu rwego rwo kurwanya icyorezo cya Koronavirusi cyiswe COVID-19, aho inzego zitandukanye za leta zagiye zishyiraho amabwiriza agamije kurwanya iki cyorezo, Polisi y’u Rwanda...
Ku bufatanye n’abaturage, Polisi y’u Rwanda yafashe abantu batatu, barimo abagore babiri, binjizaga mu gihugu ibilo 20 by’amasashe ku buryo bwa magendu. Aba bose...
Kuryama wambaye ubusa, bifitiye umubiri akamaro gatandukanye ndetse byongera imikorere myiza y’ingingo ku buryo butangaje. Kuryama amasaha ahagije bigufasha kwirinda ibibazo biterwa no kutaryama...
Abakobwa batandatu n’umuhungu umwe baregwa kwangiza imyanya y’ibanga ya mugenzi wabo witwa Sandrine, Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwabakatiye gufungwa imyaka 25 no gutanga ihazabu ya...
Kuva icyorezo cya coronavirus cyadutse ku isi, inama mpuzamahanga 6 zagombaga kubera i Kigali mu kwa Werurwe n’ukwa Mata zimaze gusubikwa. Ni inama zari kuzinjiriza igihugu...
Bamwe mu bacuruzi bakorera mu masoko atandukanye mu karere ka Rubavu bakomeje kugaragaza ko impamvu amasoko atandukanye yagiye yubakwa n’Akarere atitabirwa biterwa n’uko inyigo...
Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko kuri uyi wa Mbere yabonye abandi bantu babiri banduye Koronavirusi (Coronavirus) yiswe COVID-19. Bose hamwe babaye 7. Abo ni Umunyarwandakazi...
Iterambere ry’uburezi rirambye rigombye guhera ku mubyeyi utwite, n’uwo bashakanye bakagira imyumvire ituma babaho neza, umwana atwite akabaho neza, kuko umwana wagwingiye cyangwa se...
Umujyi wa Rubavu ni umwe mu mijyi yunganira umurwa mukuru Kigali ndetse ukanaba umwe mu itagiraga Gare iwubereye aho wasangaga imodoka zibyiganira muri Gare...
Umuryango uharanira uburenganzira bw’umwana “Coalition umwana ku isonga (CUI)” ugaragaza ko nta mubyeyi n’umwe ukwiye guhanisha umwana igihano kibabaza umubiri, cyane cyane ababyeyi bahana...
Ikigurishwa: Inzu UPI: 01/02/13/03/507 Tariki ya cyamunara: 18/03/2020 Isaha ya cyamunara: 11:00am Aho umutungo uherereye Akagari: Rukiri I Umurenge: Remera Akarere: Gasabo Telefoni wabarizaho: 0788501936 Soma itangazo hano hasi
Nadine Dorries, umudepite akaba na minisitiri w’ubuzima w’Ubwongereza bamupimye basanga afite icyorezo cya Koronavirusi (Coronavirus) cyiswe COVID 19. Nk’uko tubikesha BBC Gahuza, Minisitiri Nadine...