Amakuru
Buri mpera z’umwaka haba hari iminsi mikuru ikomeye abanyarwanda, ndetse n’abatuye Isi muri rusange, bizihiza. Tariki ya 25 Ukuboza abakristo bemera Yesu/Yezu bizihiza isabukuru...
Hi, what are you looking for?
Buri mpera z’umwaka haba hari iminsi mikuru ikomeye abanyarwanda, ndetse n’abatuye Isi muri rusange, bizihiza. Tariki ya 25 Ukuboza abakristo bemera Yesu/Yezu bizihiza isabukuru...
Gahunda ya Youth Mentoring Program y’ Ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro rya IPRC Ngoma igenewe urubyiruko rw’abanyeshuri bari mu biruhuko, yafashije abayitabiriye gutegura ejo heza...
Ni ku wa 20 Ukuboza 2019, nimugoroba. Igifungo cy’imyaka 25, ni cyo gihano cyemejwe n’Urukiko rwa Rubanda rw’i Buruseli, mu Bubiligi, ku munyarwanda Fabiani...
Nyuma y’aho urukiko rwa rubanda (Cour d’assises) i Buruseli mu Bubiligi ruhamirije Neretse Fabien ibyaha bya Jenoside n’ibyaha by’intambara; ubushinjacyaha bwari bwamusabiye gufungwa imyaka...
Abahagarariye urubyiruko rwo mu itorero rya ADEPR baturutse muri Komite z’urubyiruko mu turere, indembo n’Umujyi wa Kigali, ku wa 17 Ukuboza 2019 basuye Ingoro...
Turi mu kwezi kurangwa n’iminsi mikuru ikomeye aho tariki ya mbere Mutarama, abantu baba bishimira ko barangije umwaka batangiye undi, ku bakiristu habamo n’umunsi...
Mu karere ka Nyabihu, mu murenge wa Bigogwe, mu ijoro ryo kuri uyu wa 18 Ukuboza 2019, hafatiwe udupfunyika 3,821 tw’urumogi ariko abari barufite...
Uwitwa Nsengiyumva François w’imyaka 48 wo mu kagari ka Rugarama, mu murenge wa Nzige, mu karere ka Rwamagana, akurikiranweho icyaha cyo kugerageza guha umupolisi...
Urukiko rw’ i Buruseli mu Bubiligi ku wa Kane rwahamije Umunyarwanda, Fabien Neretse uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 n’ibyaha by’intambara nyumay’urubanza...
Ministeri y’ubuzima akomeje ubukangurambaga bwo gukumira icyorezo cya Ebola ibinyujije muri gahunda yiswe Umurinzi mu gukingira Ebola ku bushake mu karere ka Rusizi ku...
Abana 13 bari mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 10 na 15 ku wa mbere tariki ya 16 Ukuboza 2019, Polisi yabasanze mu karere...
Minisitiri w’umutekano mu gihugu, Gen. Patrick Nyamvumba, atangiza inama nkuru ya Polisi yahuje abayobozi ba Polisi batandukanye baturutse hirya no hino mu gihugu, ku...
Abahinzi b’ikawa ba Koperative Abahuzamugambi y’i Maraba bageze kure bifashisha ikoranabuhanga rya telefone mu buhinzi bw’ikawa. Izi telefone bazikoresha mu gutumiza imiti igihe ikawa...
Abacuruzi bo mu karere ka Huye basaba ko bahugurwa kuri porogaramu y’ikoranabuhanga itangirwaho amasoko ya leta “UMUCYO”, kuko abenshi muri bo usanga batazi kuyikoresha,...
“Kugira ngo muzahagararire neza igihugu mugomba kwitanga no kwigomwa” Aya ni amwe mu magambo akubiye mu butumwa umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP...