Amakuru
Abiga mu ishuri rya IPRC Ngoma basabwe kwirinda amacakubiri n’ingengabitekerezo ya Jenoside kubera ko ari byo byagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu...
Hi, what are you looking for?
Abiga mu ishuri rya IPRC Ngoma basabwe kwirinda amacakubiri n’ingengabitekerezo ya Jenoside kubera ko ari byo byagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu...
Mu rwego rwo kurangiza Urubanza No RCOMA 0294/14/HCC rwaciwe n’Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge ku wa 24/07/2017, n’urubanza No RCOM 1286/13/TC/NYGE rwaciwe r’Urukiko rw’Ubucuruzi...
Abarezi n’abanyeshuri bo muri GS Umucyo Karengera, baravuga ko guhuza amasomo n’umuco w’ubutore byabafashije guhinduka mu mitekerereze. Gutsindwa byabaye kirazira, ishuri ryabaye Isibo iyoborwa...
Guhugura ba-ofisiye ibijyanye n’imiyoborere bibafasha kuzuza neza inshingano zo kuyobora bagenzi babo, gucunga umutekano no gusobanukirwa neza uko bakemura ibibazo bashobora gushyikirizwa n’abaturage. Ibi...
Abanyeshuri 15 biga ibijyanye no kwimakaza umuco w’amahoro, imiyoborere no gukemura amakimbirane muri Kaminuza ya Zambia-Zimbabwe Open University basuye ishuri rya Polisi rya Gishari...
Ubwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yasuraga abaturage bo mu karere ka Burera, ku wa 8 Gicurasi 2019, umuturage wo mu karere...
Mu rwego rwo kurwanya no gukumira ibiyobyabwenge Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare ku makuru yahawe n’abaturage abagabo babiri bafanywe amajerekani ane...
Bamwe mu bunzi bo mu karere ka Gatsibo baravuga ko bishimiye amagare bahawe kubera ko agiye kujya abafasha mu bikorwa byo gutanga ubutabera. Aba...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko mu manza RP00303/2017/TB/NYRGA rwaciwe n’urukiko rw’ibanze rwa Nyarugunga ku wa 22/03/2018, urubanza RP00388/2018/TGI/NYGE n’urubanza RP00434/2018/TGI/NYGE zombi...
Uyu mugani bawuca iyo babonye umuntu wangiriye gukora icyo abandi bazashobora; ni bwo bagira, bati “si we kamara, nimumwihorere abandi bazarukemura!” Wakomotse ku mugaragu...
Sebera Edouard M. uherutse gushyira hanze igitabo yise “Bari mu nzozi zitagira kirotora”, igitabo cyanditswe muri Nyakanga 2018, yongeye kwandika ikindi yise “Ingoma ntizisa...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amasezerano y’ubufatanye mu bucuruzi yok u wa 09/01/2018; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa 09/05/2019...
Iyi nzu iragurishwa iherereye mu kagari ka Kimihurura, Umurenge wa Kimihurura, Akarere ka Gasabo, hafi yo kukabindi, ifite ibyumba bitanu (5), uruganiriro ibyumba bibiri...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 01 Gicurasi 2019, Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo Rwanyindo Fanfan, Guverineri Mufulukye n’abandi bayobozi mu nzego zitandukanye bitabiriye...
Nta terambere rirambye ryabaho igihe cyose imirimo idahari, n’imirimo ihari igomba kunozwa no gutanga umusaruro, umurimo ugakorwa neza kandi uwukora akabona igihembo gikwiye, umukozi...