Amakuru
Habumugisha Patrick wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyagisozi, mu murenge wa Busogo, mu karere ka Musanze, yasezeye ku mirimo ye nyuma yo gukubitwa n’umuturage...
Hi, what are you looking for?
Habumugisha Patrick wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyagisozi, mu murenge wa Busogo, mu karere ka Musanze, yasezeye ku mirimo ye nyuma yo gukubitwa n’umuturage...
Ikigurishwa: Umutungo utimukanwa UPI: 2/08/11/03/2256 Tariki ya cyamunara: 26/02/2020 Isaha ya cyamunara: 11:00 am Aho umutungo uherereye Akagari: Gishyeshye Umurenge: Rukoma Akarere: Kamonyi Telefoni wabarizaho: 0788307398 Soma itangazo hano hasi
Hirya no hino mu Rwanda hari bamwe mu bakozi bakorera ibigo byigenga, bavuga ko abakoresha babo batajya babishyurira umusanzu w’ubwiteganyirize bw’abakozi, kandi babakase amafaranga...
Ikigurishwa: Umutungo utimukanwa UPI: 1/01/04/1964 Tariki ya cyamunara: 28/02/2020 Isaha ya cyamunara: 10:00 am Aho umutungo uherereye Akagari: Kimisagara Umurenge: Kimisagara Akarere: Nyarugenge Telefoni wabarizaho: 0788307398/0738307398/0783110938 Soma itangazo hano hasi
Mbonyinshuti, utuye mu karere ka Gicumbi, Umurenge wa Cyumba, Akagari ka Nyakabungo, Umudugudu wa Remera, ufite indangamuntu No 1199580007282133, aramenyesha ko yifuza kongera izina...
Ibinyujije mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Gatatu tariki ya 19 Gashyantare 2020, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane (MINAFFET) yatangaje ko Leta y’u Rwanda yishimiye...
Binyujijwe ku rubuga rw’Umuryango wari warashinzwe na Kizito Mihigo, KMP (Fondation Kizito Mihigo pour la Paix), ubuyobozi bwawo bwatangaje ko umuhanzi Kizito Mihigo azashyingurwa...
Mu gicuku kinishye zigeze mu bakannyi (mu masaha ya saa cyenda n’iminota cumi n’umwe), ku wa gatatu tariki ya 19 Gashyantare 2020, ku mupaka...
Abanyerondo babiri barimo Musengimana Onesphore w’imyaka 32 na Hakizimana Frederic ufite imyaka 21, bo mu murenge wa Ruheru, Akarere ka Nyaruguru, bafashwe bamaze kwaka...
Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 17 Gashyantare 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye mu murenge wa Tumba yafashe...
Umwarimukazi witwa Irikujije Christine w’imyaka 26, wigishaga mu rwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Kizito rwa Gikongoro, ruherereye mu Murenge wa Gasaka, Akarere ka Nyamagabe, yasanzwe...
U Rwanda rwiteguye kwakira inama ya gatatu mpuzamahanga y’ihuriro ry’abahinzi ba kawa izateranira i Kigali hagati ya tariki 14-15 Nyakanga 2021. Iri niryo huriro...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruhunde mu karere ka Burera witwa Didas Majyambere, ndetse n’Umuhuzabikorwa wa DASSO muri uwo murenge, Nshimiyimana Alexis, bari mu maboko...
Abakozi bagera kuri 800 bo mu bigo byigenga bicunga umutekano nibo batangiye guhugurwa ku kwakira neza ababagana, gusaka abantu n’imitwaro yabo, gusaka imodoka, gusuzuma...
Ku wa mbere tariki ya 17 Gashyantare 2020, Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje abakinnyi bazaba bagize ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku...