Amakuru
Abanyeshuri 17 bashoje amasomo ajyanye n’ubwubatsi mu ishuri rikuru ry’ubumenyingiro n’imyuga mu Ntara y’Iburasirazuba IPRC Ngoma kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Mutarama...
Hi, what are you looking for?
Abanyeshuri 17 bashoje amasomo ajyanye n’ubwubatsi mu ishuri rikuru ry’ubumenyingiro n’imyuga mu Ntara y’Iburasirazuba IPRC Ngoma kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Mutarama...
Ku wa 16 Mutarama mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Gatunda habereye igikorwa cyo kumena ibiyobyabwenge bitandukanye byafatiwe mu bikorwa bya Polisi k’ubufatanye...
Mu nama nyunguranabitekerezo izamara iminsi ibiri iteraniye i Kigali, kuva ku wa 17 Mutarama 2019, Ubushinjacyaha bukuru bwagaragaje icyaha cya ruswa nk’ikiri kw’isonga mu...
Abaturage bo mu mudugudu wa Kibare, mu kagari ka Nsinda, Umurenge wa Muhazi mu karere ka Rwamagana, barasaba ubuyobozi gukura mu kaga umukecuru witwa...
Ku wa Gatatu tariki ya 16 Mutarama 2019, abasenateri bagize Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano, basuye abayobozi bakuru muri Polisi y’u Rwanda bungurana ibitekerezo...
Kugira ngo umutekano w’abantu n’ibyabo urusheho kugenda neza, Polisi y’u Rwanda yashyizeho ishami rikoresha imbwa rizwi ku izina rya “Canine Brigade”. Izi mbwa zikaba...
The Government of Rwanda and the African Development Bank (AfDB) today signed a loan agreement worth 115 million Euros (approximately Frw 116 Billion) additional...
Ku wa mbere tariki 14 Mutarama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyaruguru mu mirenge ya Ngera na Ngoma yakoze umukwabo wo...
Ku wa Kabiri tariki ya 15 Mutarama 2019, Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Bwana Mufulukye Fred ari kumwe n’abagize Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’Ubutaka mu Turere...
Nyuma y’amezi umunani (8) bahawe inkunga mu mushinga wo kunganira ibikorwa by’abikorera bishyize hamwe, watangijwe n’Ikigega cyo gushyigikira ubufatanye bw’abikorera (LCF), benshi mu bigo...
Mu mpera z’icyumweru gishize, urubyiruko rw’abakorerabushake ruhagarariye urundi rwo mu mirenge 15 igize akarere ka Nyamasheke rwahuriye ku biro by’umurenge wa Shangi rusabwa gukumira...
Abakora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro na Kariyeri bo mu Ntara y’Amajyepfo bibukijwe ko bagomba gukora ubucukuzi bwubahirije amategeko birinda kwangiza ibidukikije. Ibi babisabwe mu mpera...
Ku wa 11 kugeza tariki ya 12 Mutarama 2018, Polisi y’u Rwanda, ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, mu mukwabu wabereye mu muhanda uva i ...
Polisi y’u Rwanda irasaba imiryango ibanye mu makimbirane kwisunga ubuyobozi n’amategeko bitaragera aho bibyara ubwicanyi. Ibi Polisi ibitangaje nyuma y’aho mu murenge wa Kanyinya...
Abagore batuye mu murenge wa Kimihurura barasabwa kwitinyuka buri wese akikuramo imyumvire ko yatera imbere ari uko akoresheje amafaranga menshi, ahubwo bakumva ko umuntu...