Amakuru
Umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga wizihizwa ku itariki ya 3 Ukuboza buri mwaka, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Kaboneka Francis yatangaje ko Leta ikora hari byinshi yakoze...
Hi, what are you looking for?
Umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga wizihizwa ku itariki ya 3 Ukuboza buri mwaka, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Kaboneka Francis yatangaje ko Leta ikora hari byinshi yakoze...
Abagabo bo mu karere ka Gakenke barataka guhohoterwa n’abagore babo ariko bakaruca bakarumira kuko ngo iyo bagiye kuregera ihohoterwa bakorerwa n’abagore babo, ubuyobozi butabumva...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma mu ntara y’Iburasirazuba bwiyemerera ko kutegera abaturage ngo bubasobanurire ibibakorerwa, ari cyo cyatumye akarere gashushuka ku mwanya wa kabiri kakikubita...
Ishuri Rikuru ryigisha Imyuga n’Ubumenyingiro mu ntara y’Iburasirazuba (IPRC East) ryatangije gahunda yiswe ”Youth Leadership Development program (YLDP)” igamije gutegurira urubyiruko ejo heza binyuze...
Use of ICT is a key factor in accessing statistical facts in economic sustainable development of nation. This observation was given by Yusuf Murangwa,...
KIGALI, RWANDA (Nov. 29, 2016) – The Partnership for skills in Applied Sciences, Engineering and Technology (PASET) cemented its cooperation with two premier Korean...
Ubwo batangiraga amahugurwa y’iminsi 5 yaberaga muri Malawi (Lilongwe) yitabiriwe n’abanyamakuru, abanyamadini, n’imiryango yigenga iharanira uburenganzira bwa muntu n’iterambere ry’umugore; barerebera hamwe icyatuma intego...
Urubyiruko ruvuka mu murenge wa Tabagwe, mu karere ka Nyagatare, ariko bakorera i Kigali, bafashe gahunda yo gusubira iwabo bakagira umusanzu batanga muri gahunda...
Kigali, 18 November 2016-IBUKA today commended the recent deportations and extraditions of genocide fugitives to Rwanda. Jean Claude Henri Seyoboka was deported from Canada,...
Umunyatanzaniya Baraka Elias ufite ikibazo cy’imvune mu itako yabuze uko avurwa kuko ngo afite uburebure bukabije ku buryo atabona igitanda cyo kuryamaho mu bitaro...
Hillary Clinton yagaragaje akababaro yagize nyuma y’uko atsinzwe na Donald Trump mu matora y’umukuru w’igihugu akaba ari no ku nshuro ya mbere yongeye kugaragara...
Uwahoze ari umukinnyi ukomeye mu mukino wo gusiganwa mu kwiruka ku bafite ubumuga w’umunyafurika y’Epfo, Oscar Pistorius, yimuriwe mu yindi gereza kugira ngo agororwe...
Guhera ku mugabane muto (2000Frw) mu kigega Iterambere Fund byatumye abafite ubushobozi buke aribo benshi bakigannye. Igurisha rya mbere muri iki kigega ryatangijwe tariki...
«Abasabiriza ibiceri ku mihanda bavuga ko bakeneye ubafasha si ubukene ahubwo ni imyumvire mike yo kumva ko ari abo gufashwa gusa, kuko hari n’abafite...
Ku wa kane tariki 10 Ugushyingo 2016, mu karere ka Rwamagana hakozwe ubukangurambaga kuri gahunda ya NEP (Kora Wigire). Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri...