Akarere
Ku munsi w’ejo hiriwe hakwirakwira inkuru yatangajwe n’ikinyamakuru cyo muri Canada ko Perezida Joseph Kabila yari ahitanywe n’umwe mu basirikare bakwiye kumurinda akajyanwa mu...
Hi, what are you looking for?
Ku munsi w’ejo hiriwe hakwirakwira inkuru yatangajwe n’ikinyamakuru cyo muri Canada ko Perezida Joseph Kabila yari ahitanywe n’umwe mu basirikare bakwiye kumurinda akajyanwa mu...
Amakuru acaracara aravuga ko Perezida Joseph Kabila wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ngo yaba yarusimbutse nyuma yo gukomeretswa n’umwe mu basirikare bashinzwe kumurinda....
Ubugenzuzi buherutse gukorerwa mu Karere ka Rutsiro bwatumye ikigo gicukura amabuye y’agaciro cya Twabugezi gihagarika imirimo yacyo kubera kubangamira ibidukikije, kwangiza imigezi ndetse no...
Ambassadors in Rwanda visit Mugombwa Refugee Camp following Rwanda’s Commitments at the Leaders’ Summit on Refugees convened by United States President Obama Mugombwa Refugee...
Nyuma y’iminsi mike inkambi y’impunzi ya Mahama yakiriye umubare w’impunzi urenga 50 000, abahagarariye ibihugu byabo ndetse n’imiryango mpuzamahanga mu Rwanda bifatanyije n’Ishami ry’Umuryango...
Itorero UDEPR “Union des Eglises Pentecotistes au Rwanda” riyobowe na Rev. Past. Kavamahanga Alphonse wahoze ari umuhanzi n’umuvugabutumwa ukomeye mu itorero rya ADEPR, nyuma...
Ku wa 12 Nzeri, Polisi y’u Rwanda yashubije umunya Sudani y’Epfo imodoka ye nyuma yo kwibirwa ikazanwa mu Rwanda nyuma igafatirwa mu Mujyi wa...
Ku wa 13 Nzeri 2016, imfungwa n’abagororwa basaga ibihumbi bitanu bafungiye muri gereza nkuru ya Gasabo mu murenge wa Kimironko basuwe n’abayobozi bakuru ba...
None kuwa Kabiri, tariki ya 13 Nzeri 2016, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. 1....
Mu myaka itatu ishize Akarere ka Gasabo kabarirwaga ku mwanya wa 28 mu kwesa imihigo mu mwaka wa 2013/2014. Uyu mwaka kaje ku isonga...
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda, ku wa 7 Nzeri 2016, bwasuye umuryango w’umwana w’imyaka 19 wamazwemo umwuka na Maj Dr Aimable Rugomwa umuganga mu bitaro...
Major Dr Aimable Rugomwa, ukorera mu bitaro bya gisirikare i Kanombe, ku cyumweru tariki ya 4 Nzeri 2016, yakubise umwana w’umuhungu w’imyaka 19 kugeza...
Ku wa 17 Kanama 2016, Polisi y’igihugu yatanze amakuru ko hari imodoka y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) yakoze impanuka ariko iza gusangwamo...
Mu karere ka Nyagatare abashimusi b’inka bamaze guca ibintu, inka 100 zimaze kwibwa zirimo eshanu zo muri gahunda ya Girinka. Abantu 44 bamaze gutabwa...
Uyu munsi ku itariki ya 19 Kanama 2016, mu rukerera, mu ma saa cyenda n’igice za mugitondo, Polisi y’u Rwanda yarashe kandi yica abantu...