Amakuru
Ku wa 11 kugeza tariki ya 12 Mutarama 2018, Polisi y’u Rwanda, ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, mu mukwabu wabereye mu muhanda uva i ...
Hi, what are you looking for?
Ku wa 11 kugeza tariki ya 12 Mutarama 2018, Polisi y’u Rwanda, ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, mu mukwabu wabereye mu muhanda uva i ...
Polisi y’u Rwanda irasaba imiryango ibanye mu makimbirane kwisunga ubuyobozi n’amategeko bitaragera aho bibyara ubwicanyi. Ibi Polisi ibitangaje nyuma y’aho mu murenge wa Kanyinya...
Abagore batuye mu murenge wa Kimihurura barasabwa kwitinyuka buri wese akikuramo imyumvire ko yatera imbere ari uko akoresheje amafaranga menshi, ahubwo bakumva ko umuntu...
Rwanda Inspiration Back Up itegura iri rushanwa yatangaje ko guhera mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019, abazatorwa nk’ibisonga bya Nyampinga w’u Rwanda, nabo...
Ibitaro bya Gisirikare by’u Rwanda biri i Kanombe, byatoranyijwe ngo bijye bihugura abaganga bavura ubusembwa bw’umubiri mu izina ry’Ishuri rikuru ryigisha kubaga ry’Umuryango uhuza...
Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangije mu gihugu hose ibikorwa byo kurwanya abamotari bica amategeko nkana aho usanga bakora badafite ibyangombwa...
Urubyiruko ruhagarariye abandi bibumbiye mu muryango witwa ENAG (Education for Nations Africa Girubuntu) uhuriwemo n’abarangije kwiga ndetse n’abakiga muri za kaminuza n’amashuri yisumbuye hirya...
Ubuyobozi bukuru bwa ADEPR burashinjwa na bamwe mu bakirisito kubayoboza igitugu, gucecekesha abashaka kugaragaza akarengane kagirirwa bamwe mu bashumba n’abakirisito, ndetse no kwirukana abo...
Itsinda ry’abadepite batangiye uruzinduko mu karere ka Ngoma ku wa Gatatu tariki ya 9 Mutarama 2019. Mu bibazo byagaragajwe n’ubuyobozi bw’akarere, harimo ikibazo cy’idindira...
Bamwe mu batuye Rusizi bavuga ko batamenye amakuru ku rubanza rwa Rukeratabaro Théodore ushinjwa gukora ibyaha bya Jenoside akaba yarakatiwe n’ubutabera bwa Suwedi ubu...
Abagabo babiri bo mu murenge wa Masaka mu karere ka Kicukiro b’abanyerondo bafashwe bakira ruswa y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi cumi na bitanu (15000Frw) kugira...
Ku wa mbere tariki ya 07 Mutarama 2019, abapolisi bakorera mu ishami rya Polisi rishinzwe gutabara aho rukomeye (Special Intervention Force) batanze amaraso azafasha...
Umuryango IBUKA uharanira inyungu z’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu karere ka Rusizi, Intara y’ Iburengerazuba uravuga ko nubwo hari ibihugu byahagurukiye...
Umuryango utegamiye kuri Leta uharanira uburenganzira bwa muntu, MPDEH (People’s Movement for Human Right Education) uratangaza ko abana bakomeje kugaragara mu mirimo ivunanye yo...
Ku Cyumweru tariki ya 06 Mutarama 2019, abagabo batatu bafatiwe mu mirima y’abaturage mu murenge wa Rusebeya, Akarere ka Rustiro bacukura amabuye y’agaciro mu...