Amakuru
Ku wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama 2019, Polisi yerekanye abagabo babiri bakwaho gucura ibyangombwa byo gutwara ibinyabiziga, impamyabumenyi n’ibindi bitandukanye bakabigurisha abaturage. Polisi...
Hi, what are you looking for?
Ku wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama 2019, Polisi yerekanye abagabo babiri bakwaho gucura ibyangombwa byo gutwara ibinyabiziga, impamyabumenyi n’ibindi bitandukanye bakabigurisha abaturage. Polisi...
Mu kiganiro Waramutse Rwanda cyatambutse kuri Televiziyo y’u Rwanda mu gitondo cyo ku wa 19 Kanama 2019, kibanze ku mutekano wo mu muhanda, Umuvugizi...
Abaturage bo mu murenge wa Kisaro, akarere ka Rulindo bavuga ko kudasobanukirwa na gahunda y’ibyiciro by’ubudehe, ari byo byabateye gutanga amakuru atari yo, bituma...
Umuryango w’abantu umunani barimo abana batandatu bivugwa ko amateka yabasigaje inyuma, nyuma y’uko wari umaze igihe nta cumbi ufite, ku wa Gatanu tariki ya...
Ku wa Kabiri tariki ya 13 Kanama 2019, Polisi ikorera mu karere ka Nyagatare ku bufatanye n’abaturage bameneye mu ruhame rw’inteko z’abaturage ibiyobyabwenge byafashwe...
Ku wa Gatatu tariki ya 14 Kanama 2019, i Butaro mu karere ka Burera hatashywe inzu izafasha abivuza indwara za kanseri ndetse n’abarwaza kubona...
Abaturiye ishyamba rya leta ryitiriwe umushinga wa GBK (Gishwati-Butare-Kigali), mu murenge wa Burega, mu karere ka Rulindo, mu ntara y’Amajyaruguru; babangamiwe n’inkende ziva muri...
Ku wa kabiri tariki ya 13 Kanama 2019, Polisi y’u Rwanda yatangije igikorwa cyo guha abaturage 3,000 ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) cyatangirijwe mu ntara...
Tariki ya 11 Kanama 2019, mu kwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi hakozwe siporo rusange mu karere ka Nyagatare nyuma hakorwa igikorwa cyo gutanga amaraso...
Mu gikorwa cyo gusobanurira abaturage ubuvugizi bakorewe ku byiciro bishya by’Ubudehe, bamwe mu batuye umurenge wa Mukura mu karere ka Huye bashyigikiye ko umukene...
Benshi mu baturage batuye mu murenge wa Gishubi, Akarere ka Gisagara Intara y’Amajyepfo, bavuga ko n’ubwo hashyizweho uburyo bwo kuvugurura ibyiciro bishya by’ubudehe, bakeneye...
Mu mpera z’icyumweru gishize Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu, mu murenge wa Rubavu, Akagari ka Gikombe, yafashe umugore witwa Feza Uwamahirwe...
Mu rwego rwo gukomeza kwigisha abanyarwanda intego y’ubukangurambaga bwa “Gerayo Amahoro” tariki ya 9 Kanama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare...
Ni mu nama yahuje Urugaga rw’amasendika y’abakozi mu Rwanda (CESTRAR), abakozi n’abakoresha ndetse n’urugaga rw’abikorera (PSF) ku wa 07-08 Kanama 2019; aho bafatanyije kuvugurura...
Abagize umuryango wa Hitimana na Mukamana bo mu murenge wa Burega, akarere ka Rulindo, baravuga ibigwi umugoroba w’ababyeyi nyuma yo gusezerera amakimbirane mu rugo...