Amakuru
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Huye mu murenge wa Maraba bavuga ko bishimira kugira uruhare mu bibakorerwa aho batuye, bagashimira Leta y’ubumwe...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bwa Polisi N’ubw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro busaba abatarahererekanya ibinyabiziga kubikora bitarenze Gashyantare 2026. Bigomba gukorwa muri icyo gihe cyatanzwe kuko abatazabikora byo...
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Huye mu murenge wa Maraba bavuga ko bishimira kugira uruhare mu bibakorerwa aho batuye, bagashimira Leta y’ubumwe...
Bimwe mu ibibazo by’uruhuri bigaragara mu bitaro hirya no hino bibangamira imitangire ya Serivisi z’ubuzima. Muri ibyo harimo n’ibura ry’imiti gikomeje gutuma abagana ibitaro...
Ubuyobozi bw’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, bwasabye abanyeshuri n’urubyiruko rwo mu karere ka Gakenke, kudahishira abasambanya abana n’abashora mu biyobyabwenge, no kwitandukanya n’ababyeyi cyangwa abayobozi...
Ubujura bwinshi bukomeje kugaragara mu ngo z’impunzi mu nkambi ya Mahama mu karere ka Kirehe. Impunzi zirasaba Polisi y’u Rwanda gukora ibishoboka kugira ubwo...
Umujyanama wihariye wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano Gen. James Kabarebe arasaba abikorera kongera umurego mu byo bakora, kuko ubukungu bw’igihugu buri mu biganza...
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof Bayisenge Jeannette, yavuze ko umugambi wo kwibasira by’umwihariko abagore n’abana mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, bigaragaza umugambi mubisha...
Umukobwa w’inkumi wakoraga mu rugo bivugwa ko yasanzwe asambana na shebuja, bamutoye muri Nyabarongo yapfuye. Ni mu murenge wa Murambi, aho umukowa wakoraga mu rugo...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahagaritse ku mirimo Hon. Bampiriki Edouard, wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco. Itangazo dukesha Ibiro...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Gicurasi 2022, inkangu yaridutse ifunga umuhanda Ngororero – Mukamira, inasenya inzu indwi z’ubucuruzi. Nk’uko...
Bamwe mu bava mu bigo ngororamuco bavuga ko kuba bagororwa ntibabone imiryango ibakira cyangwa ubushobozi bwo gushyira mu bikorwa ibyo bigishijwe, ari kimwe mu...
Umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka mu gihugu cya Uganda, akaba n’umujyanama mu bya Gisirikare wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, Gen Muhoozi kaineruga aribaza niba...
Ku wa Gatandatu, tariki ya 30 Mata 2022, muri Kigali Arena mu Karere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali habereye Inama Nkuru ya 15 y’Umuryango...
Bakoresha, Bakozi bagenzi banjye, bafatanyabikorwa mwese, Tubanje kubifuriza Umunsi Mukuru mwiza w’Umurimo wizihizwa ku isi hose buri tariki ya 01 Gicurasi ya buri mwaka, ...
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango wa Equity Bank waremeye abanyamuryango ba AVEGA Agahozo ubaha ibikoresho byo kudoda...
Ku wa 29 Mata 2022 mu karere ka Huye, mu murenge wa Ngoma, ubwo hibukwaga ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi hanashyingurwa imibiri...