Amakuru
Mu gihe leta y’u Rwanda ikomeje gukora ibishoboka ngo iterambere rya mwarimu rigerweho, umwe mu barimu avuga ko koperative yabo y’Umwalimu SACCO uretse guhindura...
Hi, what are you looking for?
Mu gihe leta y’u Rwanda ikomeje gukora ibishoboka ngo iterambere rya mwarimu rigerweho, umwe mu barimu avuga ko koperative yabo y’Umwalimu SACCO uretse guhindura...
Abasesengura ibibera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo basanga raporo y’Umuryango w’Abibumbye ishinja u Rwanda gutera inkunga umutwe wa M23, igamije kwikura mu kimwaro...
Abaturage bo mu karere ka Huye basabwa kugira ubushishozi n’amakenga mu kugura ibikoresha byakoze, bakibuka kwaka inyemezabwishyu, kugira ngo birinde kugura iby’ibyibano cyangwa se...
Niyomugabo Jean de Dieu, umusore w’imyaka 25 yihangiye umurimo wo gucura amasafuriya mu byuma bishaje. Uyu mushinga watsinze mu irushanwa rya Youth Connect, igihembo...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hari ibibanza bigera kuri 700 bigiye kwamburwa bene byo bigahabwa abashobora kubyubaka, ndetse ko n’imwe mu mishinga yadindiye...
Abaturage bo mu murenge wa Musange mu karere ka Nyamagabe, bishimira ko kuzigamira Mituweli byatumye bose batanga ubwisungane mu kwivuza bw’umwaka wa 2022/2023 bakaba...
Muri Guverinoma y’u Rwanda hinjiyemo Minisiteri itari isanzwe ikaba ishinzwe ishoramari rya Leta. Iyi minisiteri ije ikuriye ibigo bishya byagaragaye mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe amashyamba gisaba buri muturarwanda kwirinda ibikorwa byateza inkongi z’umuriro zibasira amashyamba mu gihe cy’impeshyi. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’icyo kigo kigaragaza...
Kurera abana bafite ubumuga bisaba umuhamagaro, ubwitange ariko kandi bigasaba igihembo kitari gito ku bafite ibigo byita kuri abo bana, bagomba guha abarezi. Aba...
Bamwe mu bifuza gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga barasaba ko uburyo bwo kubona code zo gukora ibizamini bwanozwa kuko akenshi iyo babigerageje byanga, bigatuma...
Abanyeshuri bo muri Kaminuza y’ubukerarugendo, ikoranabuhanga n’amahoteri (UTB) bavuga ko bafite inshingano yo gukunda igihugu no gukomeza guhesha ishema ababohoye u Rwanda, kandi ko...
Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano, Gen James Kabarebe asaba urubyiruko kurangwa n’indangagaciro zo gukunda igihugu, kwihangana no kwitanga kandi bifite intego yo...
Ahagana mu saa tanu za mugitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Nyakanga 2022, imodoka yo mu bwoko bwa Land Cruser yakoze...
Orpcare Nursery & Primary School ni ishuri rihereye mu ntara y’Iburasirazuba mu karere ka Kayonza, umubyeyi wese yakwifuza kurereramo umwana we agakura afite ubumenyi,...
Abazi amateka y’icyahoze ari komini Mabanza bazi neza ahantu hitwa mu Musaho, ni ho hahoze icyambu cy’Abadage mu ntambara ya kabiri y’Isi. Aha kandi...