Amakuru
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Gicurasi 2020, nibwo hongeye kuvugwa inkuru ivuga ubuyobozi bwa APR FC bw’aba burimo kurambagiza...
Hi, what are you looking for?
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Gicurasi 2020, nibwo hongeye kuvugwa inkuru ivuga ubuyobozi bwa APR FC bw’aba burimo kurambagiza...
Nyuma y’imyigaragambyo yatangiye mu bihugu bimwe na bimwe ikorwa cyane cyane n’urubyiruko aho bamwe bagira bati «pas de climat pas de future» nta kirere...
Mu buzima busanzwe hari byinshi abantu bakora, cyane cyane ibimenyetso, ariko batazi icyo bisobanuye. Ibyo biza kenshi iyo abantu bafitanye ubucuti bukomeye, baba bari...
Nyuma y’aho Minisiteri ya siporo itangaje ko nta bikorwa bya siporo byemewe kugeza muri Nzeri 2020 kubera icyorezo cya Koronavirusi, ibikorwa by’Ishyirahamwe ry’Umukino w’amagare...
Mu kiganiro kirambuye yagiranye n’umunyamakuru wa Panorama.rw, Prof Malonga Pacifique yavuze birambuye ku buzima bwe. Aravuga byinshi yanyuzemo kuva atangiye amashuri ye abanza, ari...
Musekeweya ni imwe mu makinamico atambuka kuri radiyo zitandukanye hano mu Rwanda kuva mu mwaka wa 2004. Ifite intego yo kwerekana amavu n’amavuko y’ubugizi...
Bamwe mu bacuruzi bo mu Mujyi wa Kigali bagaragaza imbogamizi z’uko bagomba gutangira kwishyura ubukode n’ibindi basabwa nyuma y’igihe gito batangiye gukora kandi abakiriya...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere, RDB, cyashyizeho amabwiriza agiye kuzajya yifashishwa n’abafite amahoteli n’amaresitora, aho bategetswe kuzajya bandika umwirondoro w’umuntu wese ubagannye. Ubu ni bumwe...
Amabwiriza yo kwambara udupfukamunwa agamije kugabanya ikwirakwira rya Koronavirusi hagati y’umuntu urwaye n’utayirwaye. Ku wa 17 Mata 2020 byatangajwe ko buri muturarwanda wese agomba...
Umuryango w’abantu batanu utuye mu mudugudu wa Bahenga, Akagari ka Kidalama mu Murenge wa Gahunga, mu karere ka Burera, umaze iminsi wibera muri shitingi...
Mu Rwanda abakozi bose bagera kuri 3.568.934 muri bo 1.423.059 ni abagore kandi bari mu bigo byigenga kuko abakora muri Leta bagera ku 85.369....
Igitabo “Sinzatesha Agaciro Uwakanshubije” cyashyizwe ahagaragara mu kwezi k’Ugushyingo 2019, ni ubuheture mu bitabo by’umwanditsi Hategekimana Richard. Kigaragaza kandi kikava imuzi ubutwari bw’abagore, cyane...
Mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya 09 Gicurasi 2020, nibwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu murenge wa Bugeshi mu karere ka Rubavu...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, asaba ingabo z’u Rwanda gukomeza gusigasira imyitwarire myiza n’indangagaciro zikomeje kubaranga. Ibi...
Mu mpera z’ukwezi kwa Mata 2020, Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), cyari kimaze kwishyura abacuruzi batandukanye mu Rwanda amafaranga angana na Miliyari Cumi n’eshatu (13,000,000,000Frw)...