AMATORA 2018
Abaturage bo mu karere ka Musanze, Umurenge wa Busogo, bifuza ko ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije –DGPR, niriramuka ritsinze amatora y’abadepite rikwiye kubakorera...
Hi, what are you looking for?
Abaturage bo mu karere ka Musanze, Umurenge wa Busogo, bifuza ko ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije –DGPR, niriramuka ritsinze amatora y’abadepite rikwiye kubakorera...
Uko ibikorwa byo kwamamaza abakandida depite b’Umuryango FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bafatanyije byari byifashe ku wa 30 Kanama 2018 mu murenge wa...
Abaturage bo mu karere ka Musanze, cyane cyane abatuye mu murenge wa Muhoza, baravuga imyato FPR Inkotanyi kuba yarabakuye mu buzima bubi ubu bakaba...
Mu matora y’abadepite, abafite ubumuga usanga babyiganira ku mwanya umwe w’ubahagarariye nymara bafite uburengenzira bwo kwiyamamaza mu byiciro byose by’abadepite mu nteko ishinga amategeko....
Abakandida b’Umuryango FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bifatanyije, barizeza abanyarwanda ubufatanye busesuye mu guteza imbere umuryango hashingiwe ku gukemura amakimbirane mu ngo, ibyo...
Kuva ku wa 28 kugera ku wa 30 Kanama 2018, u Rwanda rurakira inama Nyafurika iganira ku bijyanye n’uburyo bwo kugera ku mutungo ndangakamere...
Ku wa 26 Kanama 2018, wari umunsi wo kwamamaza abakandida ba FPR Inkotanyi mu karere ka Gatsibo, Umurenge wa Gitoki. Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi...
Imyitwarire idahwitse ya bamwe mu bari abasirikare ituma byitirirwa abasezerewe mu gisirikare bose, nyamara kugira imyitwarire myiza ntawe byateye ibihombo. Ibi ni ibyagarutsweho na...
Ishyaka riharanira demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage –PSD, ubwo ryekerekanaga abakandida depite baryo mu karere ka Huye, ryijeje abaturage kugira uruhare bakora ubuvugizi mu kuvugurura...
Inama, Ubuhanga, Ubushishozi, gukorera mu mucyo, gukunda akazi no gukorana n’abandi ni bimwe mu byo wahita umubonaho. Gutuma Nyirabahire Languide ni ugutuma intumwa yuje...
“Ibyo nakoze byose kandi nagezeho mbikesha umutekano nahawe na FPR Inkotanyi.” Ubu ni bumwe mu buhamya bwatanzwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25...
Bamwe mu baturage batuye mu turere twa Rulindo na Gicumbi basaba ko abanyapolitiki biyamamariza kujya mu nteko ishinga amategeko bakwiye kubaha igisubizo kirambye mu...
Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage, PSD, rivuga ko abaturage nibarigirira icyizere rikabona imyanya mu Nteko Ishinga Amategeko, rizaharanira ko hazashyirwaho banki iteza imbere...
Muri iki gihe hirya no hino mu gihugu hakomeje ibikorwa byo kwiyamamariza kujya mu nteko ishinga Amategeko, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora itangaza ko nta muyobozi...