Hi, what are you looking for?
Urukiko rw’i Paris mu Bufaransa ruburanisha Laurent Bucyibaruta wahoze ari Perefe wa Perefegitura ya Gikongoro, kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Nyakanga 2022, rwamuhanishije...
Mu buhamya bwa Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), Dr Bizimana Jean Damascene, mu rubanza rwa Laurent Bucyibaruta wari Perefe wa Gikongoro, yavuze ko...
Umuyobozi w’Ikigo Nderabuzima na Data Manager bari mu maboko y’ubutabera bakurikiranyweho kwaka indonke na ruswa ishingiye ku gitsina benshi bamaze kumenyera ku izina rya...
Mu iburanisha ry’urubanza rwa Laurent Bucyibaruta rikomeje mu gihugu cy’Ubufaransa, ku wa 2 Kanema 2022, abatangabuhamya bakomoka i Nyamagabe, babwiye urukiko ko Perefe Bucyibaruta yabasanze aho...
Mu rukiko rwa rubanda i Paris mu Bufaransa, umutangabuhamya w’imyaka 68 y’amavuko warokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi muri ETO Murambi, yavuze ko Bucyibaruta yazengurukaga kuri...