Amategeko
Kugira ngo harangizwe urubanza RC00036/2018/tb/KICU na RCA 00098/19/TGI/NYGE; Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 08/06/2020 saa tanu z’amanywa...
Hi, what are you looking for?
Kugira ngo harangizwe urubanza RC00036/2018/tb/KICU na RCA 00098/19/TGI/NYGE; Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 08/06/2020 saa tanu z’amanywa...
Umwe mu nararibonye z’u Rwanda, urangwa no gucisha make, umuhanga, umunyakuri kandi akaba n’inyangamugayo, Dr Charles Murigande wari Umuyobozi wungirije wa Kaminuza y’u Rwanda...
Ku manywa yo kuri uyu wa mbere tariki ya 1 Kamena 2020, muri Village Urugwiro, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye indahiro za bamwe...
Ikigo kigenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (CMA) cyahaye uburenganzira ku nshuro ya mbere ikigo cy’ubucuruzi cyo muri Afurika y’Epfo cyitwa “RH Bophelo Limited” kuza...
Abanyarwandakazi bari mu butumwa bw’amahoro cyangwa abigeze kubujyamo baravuga ko ubunararibonye bw’u Rwanda mu kwivana mu bibazo ari kimwe mu bintu by’ingenzi bibafasha gusohoza...
Binyujijwe ku rubuga rw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO), yavuze ko abaganga barwaje abarwayi ba Covid-19, abarwayi ndetse n’undi wese ugaragaza ibimenyetso by’icyo...
Impuguke mu miyoborere na politiki zisanga igihe kigeze ngo kubazwa inshingano no gushyira imbere inyungu rusange bibe umurage ku babyiruka. Ibi barabitangaza mu gihe...
U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika biyemeje gushimangira ubufatanye mu bya gisirikare, binyuze mu ivugurura ry’amasezerano yari asanzwe hagati y’ibihugu byombi. Ku...
Kuri uyu wa 28 Gicurasi 2020 Urukiko rw’ibanze rwa Nyanza, Urugereko rwihariye rw’Urukiko rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambuka imipaka; rwasomeye Ntaganzwa Ladislas uregwa ibyaha...
Mu murenge wa Kanzenze mu Kagari ka Kirerema mu mudugudu wa Bisesero habonetse umurambo w’umugabo wari umaze iminsi ibiri (2) abuze, akaba yasanzwe mu...
Bwa mbere mu Rwanda hatangijwe isomero ry’Igiswahili (Maktaba ya Kiswahili) ryashyizwe mu Isomero rusange rya Kigali. Ku ikubitiro ritangiranye ibitabo 416 birimo inyandiko zitandukanye...
Uwitwa NIYOYIGENERA Mary mwene NDAYAMBAJE Ildephonse na MUKAMURENZI Melanie utuye mu Mudugudu wa Rwimbogo, Akagari ka Nyamatete, Umurenge wa Rwimbogo, Akarere ka Gatsibo, Intara y’Iburasirazuba, uboneka kuri telefone 0786462166/072443982; Yasabye uburenganzira bwo gusimbuza izina Niyoyigenera izina Uwingeneye mu mazina asanganywe NIYOYIGENERA...
Nyuma y’uko Perezida Paul Kagame ahagaritse ku mirimo abari ba Guverineri b’Intara y’Amajyaruguru n’iy’Amajyepfo, kuri uyu wa kabiri tariki 26 Gicurasi 2020; Gatabazi Jean...
Mu Rwanda inzego zitandukanye zifite aho zihuriye na gahunda zo gufasha imiryango kurya neza hagamijwe kurwanya imirire mibi itera igwingira na zimwe mu ndwara...
Dusengiyumva Samuel akomoka mu cyahoze ari Komini Ntongwe, ubu ni mu Karere ka Ruhango. Yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, afite imyaka 13 gusa....