Amakuru
Kabuga Felisiyani wari umaze imyaka 26 ashakishwa kubera uruhare rwe rutaziguye mu gutera inkunga Jenoside yakorewe Abatutsi, yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatandatu...
Hi, what are you looking for?
Kabuga Felisiyani wari umaze imyaka 26 ashakishwa kubera uruhare rwe rutaziguye mu gutera inkunga Jenoside yakorewe Abatutsi, yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatandatu...
Amafaranga y’u Rwanda agera hafi kuri Miliyari 9 yarasesaguwe, ibi bikaba byaratumye yiyongeraho hafi kimwe cya kabiri cy’ayasesaguwe mu mwaka w’ingengo y’imari 2017-2018, kuko...
Ikigurishwa: Ikibanza UPI: 01/02/13/01/1457 Tariki ya cyamunara: 21/05/2020 Isaha ya cyamunara: 09:00am Aho umutungo uherereye Akagari: Nyabisindu Umurenge: Remera Akarere: Gasabo Telefoni wabarizaho: 0788307398 Soma itangazo hano hasi
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Gicurasi 2020, nibwo hongeye kuvugwa inkuru ivuga ubuyobozi bwa APR FC bw’aba burimo kurambagiza...
Nyuma y’imyigaragambyo yatangiye mu bihugu bimwe na bimwe ikorwa cyane cyane n’urubyiruko aho bamwe bagira bati «pas de climat pas de future» nta kirere...
Mu buzima busanzwe hari byinshi abantu bakora, cyane cyane ibimenyetso, ariko batazi icyo bisobanuye. Ibyo biza kenshi iyo abantu bafitanye ubucuti bukomeye, baba bari...
Uwitwa BUDARAMANI Bernard mwene BUDARAMANI Gregoire na MUKANTABANA Veronique ubarizwa mu gihugu cy’Ububiligi, Rue Charles Davin 92, 4031 Angleur, mu Rwanda utuye mu mudugudu...
Nyuma y’aho Minisiteri ya siporo itangaje ko nta bikorwa bya siporo byemewe kugeza muri Nzeri 2020 kubera icyorezo cya Koronavirusi, ibikorwa by’Ishyirahamwe ry’Umukino w’amagare...
Mu kiganiro kirambuye yagiranye n’umunyamakuru wa Panorama.rw, Prof Malonga Pacifique yavuze birambuye ku buzima bwe. Aravuga byinshi yanyuzemo kuva atangiye amashuri ye abanza, ari...
Musekeweya ni imwe mu makinamico atambuka kuri radiyo zitandukanye hano mu Rwanda kuva mu mwaka wa 2004. Ifite intego yo kwerekana amavu n’amavuko y’ubugizi...
Bamwe mu bacuruzi bo mu Mujyi wa Kigali bagaragaza imbogamizi z’uko bagomba gutangira kwishyura ubukode n’ibindi basabwa nyuma y’igihe gito batangiye gukora kandi abakiriya...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere, RDB, cyashyizeho amabwiriza agiye kuzajya yifashishwa n’abafite amahoteli n’amaresitora, aho bategetswe kuzajya bandika umwirondoro w’umuntu wese ubagannye. Ubu ni bumwe...
Amabwiriza yo kwambara udupfukamunwa agamije kugabanya ikwirakwira rya Koronavirusi hagati y’umuntu urwaye n’utayirwaye. Ku wa 17 Mata 2020 byatangajwe ko buri muturarwanda wese agomba...
Umuryango w’abantu batanu utuye mu mudugudu wa Bahenga, Akagari ka Kidalama mu Murenge wa Gahunga, mu karere ka Burera, umaze iminsi wibera muri shitingi...
Ashingiye ku rubanza RCOM 0068/15/TC/ŃYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge, Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa gatanu tariki ya 15/05/2020 saa...