Amategeko
Kugira ngo harangizwe urubanza RC00340/2016/TGI/CMB na RC00204/2016/TGI/GSBO rwaciwe n’urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ku wa 09/06/2017, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa...
Hi, what are you looking for?
Kugira ngo harangizwe urubanza RC00340/2016/TGI/CMB na RC00204/2016/TGI/GSBO rwaciwe n’urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ku wa 09/06/2017, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa...
Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa muntu (PL) riravuga ko abakandida baryo nibabasha kwinjira mu nteko ishinga amategeko, bimwe mu byo bazibanda ho n’ukongera serivisi...
Ishyaka Riharanira Demokarasi n’imibereho Myiza y’Abaturage –PSD, rivuga ko guhuza igenzamigambi ry’ubuhinzi n’ubworozi bituma hari kimwe kiburira mu kindi cyane cyane ko ubworozi usanga...
Ku itariki ya 13 Kanama 2018, mu karere ka Nyagatare hateraniye inama y’umutekano yaguye yitabiriwe n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge n’utugari, abagize njyanama y’akarere, abahagarariye abikorera...
Mu gihe igikorwa cyo kwiyamaza kw’abakandida Depite bahatanira kwinjira mu nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, ku wa gatatu 15 Kanama 2018, wari umunsi wa...
Ibikorwa by’iterambere bigaragara hirya no hino mu karere ka Gasabo n’ahandi hose mu gihugu, kugira igihugu kigendera ku mategeko n’imiyoborere myiza nibyo shingiro ryo...
Hon. Mukabalisa Donatila Perezida w’Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa muntu –PL, ari na we uyoboye urutonde rw’abakandida depite batanzwe n’iri shyaka, yasabye abatuye umurenge...
Abanyamuryango ba FPR–Inkotanyi mu karere ka Ngoma mu ntara y’Iburasirazuba biyemeje gukomeza guteza imbere abahatuye bashyigikira abakandida depite ba FPR n’indi mitwe ya politike...
Polisi y’u Rwanda iratangaza ko umutekano wifashe neza mu gihugu hose, ikanizeza abaturarwanda gukomeza kuwubungabunga no muri iki gihe igihugu cyinjiye mu bihe by’amatora y’abadepite;...
Ishyaka Riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage –PSD, urugendo rwo guhatanira kujya mu nteko ishinga amategeko ku myanya 53, barutangiriye mu karere ka Ngoma ku...
Hatangizwa ibikorwa byo kwamamaza abakandida depite ba FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bifatanyije, ku wa 13 Kanama 2018, mu karere ka Rulindo, Umurenge...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 13 Kanama 2018, Umuryango FPR Inkotanyi n’imitwe ya Politiki bifatanyije ariyo PDI, PDC, UDPR, PPC, PSP...
Ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro, ikipe ya Mukura VS yatsinze Rayon Sports kuri za Penaliti nyuma y’uko amakipe yombi anganyije ubusa ku busa...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu ku itariki ya 08 Kanama 2018, yafashe uwitwa Nkundanyirazo Venuste w’imyaka 32 imufatanye urumogi rungana n’udupfunyika...
The 20-year-old Rwandan won the final classement of the 10th edition of the Tour du Rwanda, the last leg of which went to the...