Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo N ° 018-054719 cy’Umwanditsi Mukuru cyo kugurisha ingwate, cyatanzwe tariki ya 13/08/2018 kugira ngo hishyurwe umwenda nyir’ikibanza gifite UPI 1/02/13/04/703 abereyemo Banki;
Hashingiwe ku Mabwiriza y’Umwanditsi Mukuru N° 03/2010/ORG yo kuwa 16/11/2010 agenga ibyerekeye gukodesha, kugurisha muri cyamunara no kwegukana ingwate;
Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko ku wa Kabiri tariki 09/10/2018 saa yine za mugitondo (10H00) azagurisha muri cyamunara Inzu iri mu kibanza gifite UPI 1/02/13/04/703 giherereye mu mudugudu wa Rebero, Akagari ka Rukiri II, Umurenge wa Remera, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali. Cyamunara izabera aho uwo mutungo uherereye.
Uwakenera ibindi bisobanuro ya hamagara kuri telephone igendanwa N° 0788 464 555
Ushinzwe kugurisha ingwate
Sé
Me Félicien GASHEMA
