Amakuru
Abagore bari mu nzego zifata ibyemezo mu karere ka Musanze baracyari bake ndetse bamwe baracyanitinya ku buryo hari abatinya kujya mu nzego z’ubuyobozi ndetse...
Hi, what are you looking for?
Abagore bari mu nzego zifata ibyemezo mu karere ka Musanze baracyari bake ndetse bamwe baracyanitinya ku buryo hari abatinya kujya mu nzego z’ubuyobozi ndetse...
Abaturage bo mu murenge wa Mbogo bakoze umuhanda uva mu kagari ka Bukoro ku kigo Nderabuzima ujya ahitwa ku Iraro n’undi uva ku Iraro...
Abaturage bo murenge wa Mbogo n’uwa Tumba, mu karere ka Rulindo, barataka ruswa mu mitangire ya serivisi mu nzego z’ibanze, cyane cyane ku midugudu...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 21 Ukuboza 2016, mu kibuga cy’umupira cyo mu mudugudu wa Kabare, Akagari ka Kaduha, Umurenge wa Munyaga ho...
Umuryango wa Ndayishimiye Celestin na Uwera Monique wiyongereye mu muryango mugari w’abasiporutifu mu Rwanda. Ndayishimiye Celestin wamenyekanye cyane mu ikipe y’igihugu Amavubi y’abatarengeje imyaka...
Mugizwa Désiré wari usanzwe ari Umuyobozi w’Ihuriro ry’Umukino w’Intoki (Basketball) mu Rwanda (FERWABA), yongeye kugirirwa icyizere cyo kuriyobora muri manda y’imyaka ine. Ku cyumweru...
Biro Politiki y’Ishyaka riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR: Democratic Green Party of Rwanda), yamaze kwemeza Habineza Frank, ko ariwe uzarihagararira mu...
Asoza ijambo rye risoza Inama y’igihugu ya 14 y’Umushyikirano, Perezida Kagame yanenze cyane abarangwa n’akarimi gasigiriza, avuga ko ari ukwinenga kandi atari ubwa mbere...
Abakozi babiri bo mu rugo ku Kicukiro batawe muri yombi na polisi y’u Rwanda bakekwaho kwiba ibihumbi 560 by’amafaranga y’u Rwanda na 11400 by’amadolari...
Dadi Rwabireka ufungiye muri gereza ya Huye yemeza ko gereza ari ishuri. Rwabireka umaze imyaka 19 muri gereza afungwa nta mwuga yari azi gukora...
Kigali, Rwanda, 14 December 2016 – Kristin Davis, UNHCR High Profile Supporter, philanthropist and Hollywood actress best known for Golden Globe winning series “Sex...
Mu ijambo rye rifungura inama y’igihugu ya 14 y’Umushyikirano, Perezida wa Repubulika yashimye aho igihugu kigeze gitera imbere kandi ko hagomba kubakirwa ku mateka...
Polisi y’u Rwanda itangaza ko Nkundimana Daniel umusore w’imyaka 27 afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi y’u Rwanda ya Remera, mu karere ka Gasabo, aho...
Police FC yamaze gusezerera abakinnyi batatu barimo myugariro Mugabo Gabriel, Turatsinze Hertier ndetse na rutahizamu Isaac Muganza bivugwa ko abo bakinnyi bazize imyitwarire itaboneye....
Nzeyimana Evariste w’imyaka 30 y’amavuko na Hakizimana Simon w’imyaka 28 bo ku kagari ka Nyagatare, Umurenge wa Mahembe mu karere ka Nyamasheke, bakurikiranweho kwiyita...