Amakuru
Kuva ‘Coronavirus’ yagaragara mu Rwanda muri Werurwe 2020; umupaka wa Rusizi ya II urafunze. Ibi bitera abacuruzi bamwe bahakoreraga igihombo kitari gito, kuko hari...
Hi, what are you looking for?
Kuva ‘Coronavirus’ yagaragara mu Rwanda muri Werurwe 2020; umupaka wa Rusizi ya II urafunze. Ibi bitera abacuruzi bamwe bahakoreraga igihombo kitari gito, kuko hari...
Kuva ku wa 2 kugeza ku wa 8 Ugushyingo 2020, Abadepite bari mu ngendo rusange mu Gihugu hose zigamije kumenya no kugenzura uko ibikorwa...
Isange One Stop Centre irasaba abaturage gutanga amakuru ku gihe mu gihe hari umwana wasambanyijwe kuko gutinda bimwongerera ibyago byinshi. Muri ibi bihe...
Abana bahagarariye abandi mu karere ka Gasabo, basaba ko bakwiye kujya bahabwa ijambo mu gutanga ibitekerezo mu itegura ry’ingengo y’imari, kandi ijambo ryabo rikagira...
Hashize imyaka 26 hibazwa uburyo imibiri igera ku 5000 y’abazizie Jenoside yakorewe abatutsi yajugunywe n’Interahamwe mu cyobo cya Kiziguro, yashyingurwa mu cyubahiro. Kuva ku...
Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwangiye Urayeneza Gerard wari umuyobozi w’Ibitaro bya Gitwe mu Karere ka Ruhango kuburanishirizwa aho akekwa ko yakoreye icyaha, kubera kwirinda...
Mu turere twa Huye, Ruhango na Nyaruguru mu ntara y’Amajyepfo, ku wa 28 Ukwakira 2020, hafatiwe litiro 1,910 z’inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi ku izina...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yanenze abayobozi badakora ibiri mu nshingano zabo, kandi ubushobozi bwo kubikora butabuze, abereka ko ibyo bitazakomeza kwihanganirwa...
Abasirikare babiri ba Sudani y’Epfo biciwe mu mirwano n’ingabo za Uganda yabaye kuwa mbere nimugoroba ku mupaka wa Ngomoromo, nk’uko bivugwa n’uruhande rwa Uganda....
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi Mutangana Jean Bosco wigeze kuba Umushinjacyaha Mukuru w’u Rwanda, ubu akaba ari mu buroko. Akurikiranyweho...
Ibihe by’imvura ni ibihe byiza ku bantu bose cyane cyane abahinzi n’aborozi, ariko kandi bishobora kuba ibihe bibi ku bakoresha umuhanda cyane cyane abatwara...
Polisi y’u Rwanda irasaba abaturarwanda kuba maso bakubahiriza amabwiriza muri ibi bihe by’imvura nyinshi kugira ngo batazagirwaho ingaruka n’iyi mvura biturutse ku biza biterwa...
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko Umutwe wa Sena Dr Iyamuremye Augustin yasobanuriye Abanyamakuru uburyo, itangazamakuru na Sena bifite inshingano zo kuzamura ijwi ry’umuturage bityo bakaba...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gatsibo baracyafite imyumvire yo hasi ku byiciro bishya by’ubudehe ku buryo hari abatangiye kwihakana imiryango. Abaturage babanje...
Ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu tariki ya 24 Ukwakira 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye mu murenge wa Tumba mu...